Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, yatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Kanama 2021.Ku kibuga cy’indege yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi...
Kuri iki Cyumweru Abanyarawanda ndetse n’abanya Centrafrika bahanze amaso umukino wo guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika “CAN 2019” kizabera muri Cameroon.
Aya makipe akurikirana ku...
Ku itariki ya 15 Nzeri, abapolisi b’u Rwanda 430 barimo ab’igitsinagore 58 bari mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cya Centrafrique, bambitswe imidari y’ishimwe...
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ari mu ruzinduko muri Centrafrique,aho yasuye abasirikare b’Igihugu cye baba muri iki gihugu mu butumwa bw’amahoro yambaye imyenda ya gisirikare.
Mu...
AMAVUBI arimo amasura mashya, yatangiye imyitozo yo kwitegura umukino wa gicuti na Central African Republic kuri uyu wa 5 kuri Stade Amahoro.
Nyuma yo kugera mu mwiherero ku bakinnyi...
Abahanzi Nyarwanda Charly&Nina, Dj Pius, na Farious bari kubarizwa mu gihugu cya Centre Afrique aho bakiriwe ndetse bagirana ibiganiro na Brigitte Touadera umufasha wa Perezida wa Centre...
Umwe mu basirikare b’ u Rwanda bari mu butumwa bw’ amahoro muri Centreafrica yapfiriye mu gikorwa cy’ ubutabazi ingabo z’ u Rwanda zakoreraga abaturage bari bagabweho igitero n’ abarwanyi bitwaje...
Umukinnyi wa APR FC,Mugiraneza Jean Baptiste ukina hagati mu kibuga,yavuze ko nta masezerano afitanye n’abatoza b’ikipe y’igihugu kugira ngo bazajye bamuhamagara ubuziraherezo ndetse ari gukora...
Kuri uyu wa Kane, taliki ya 5 Kanama 2021, biteganyijwe ko Perezida wa Repubulika ya Santarafurika Faustin-Archange Touadéra azagera mu Rwanda, mu ruzinduko rugamije gushimangira umubano w’ibihugu...
Ku wa Gatanu, Ingabo z’ u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Santarafurika zakoze umuganda zinavura abaturage 110 bo mu gace ka Bossembele mu bilometero 150 uvuye mu murwa...
Umusirikare w’u Rwanda wo mu butumwa bwo kugarura ituze muri Centrafrique, buzwi nka MINUSCA, yiciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro ubwo yari ari ku irondo.
Mu gihugu cya Centrafrique, inyeshyamba zo mu mutwe wa wa Seleka zinjiye muri kiliziya ya Notre-Dame de Fatima yo mu mugi wa Bangui zifite imbunda na gerenade zituritsa abantu ndetse abarenga 15...
Kapiteni Mwila Chansa wo mu ngabo za Zambia yemerewe kurera bigoranye umwana yahuye na we bwa mbere ubwo yari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri...
Ku wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA)...
U Rwanda rwatangiye kohereza abasirikare b’inyongera 750 mu butumwa bw’amahoro bwa Loni muri Repubulika ya Centrafurika.
Uyu munsi, itsinda ry’abasirikare 300 riyobowe na Lt Col Patrick Rugomboka...