Mu ijoro ryo ku wa 19 Gashyantare,2018 rishyira ku wa 20 Gashyantare,2018 nibwo hamenyekanye ko Muyoboke Alexis na kompanyi ye Decent Entertainment batakireberera inyungu z’itsinda Charly&Nina...
Abahanzikazi bakunzwe cyane mu muziki nyarwanda Charly na Nina batanze ibihembo kubakobwa bahize abandi mu irushaanwa bari bateguye’Lavender One Million Challenge’ ni irushanwa abakobwa bafite...
Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda rya Good Life benshi mu bahanzi bagiye bahura nawe bafite byinshi bamwibukiraho bavuga ko bidateze gusibangana, Charly&Nina bibuka neza...
Charly na Nina batangaje ko imyaka ibiri yari ishize badakora umuziki kubera ko bari bafashe ikiruhuko cy’imyaka irindwi yari ishize bakora umuziki batarahuka.
Itsinda rya Charly&Nina ryashyize akadomo ku ndirimbo eshanu zigize Extended Play (EP) yabo ya mbere bagiye guheraho bagaruka mu muziki mu buryo bweruye nyuma y’imyaka irenga ibiri bahagaritse...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1 Ukuboza 2017 mu mujyi wa Kigali muri Kigali Conference and Exhibition Village ahazwi nka Camp Kigali habereye igitaramo cya Charly&Nina ubwo...
Ni kuri uyu wa 16 Werurwe 2022 aabahanzikazi nyarwanda bakora nk’itinda Charly na Nina bari batumiwe mugitaramo cy’umunyarwenya Alex Muhangi kimaze kubaka izina nka ’Comedy Store’ i Kampala, Charly...
Itsinda ry’abakobwa b’abaririmbyi Charly&Nina batangaje ko bashobora kwitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya 8 ridahuriranye n’urugendo bafite muri Gicurasi uyu mwaka...
Charly&Nina itsinda rimaze kwigarurira benshi muri muzika nyarwanda batangirije ubukangurambaga #1000GirlsIwacu muri G.S Rukira mu karere ka Huye ho mu ntara...
Charly yavuze ko Davis D ari umwana ufite ejo heza hazaza ndetse ko ari umuhanzi ugerageza kugera ikirenge mucyo bagezemo amusaba kudacika intege mu rugendo rwe rwa...
Kuri uyu wa kane tariki ya 28 Ukuboza 2018 nibwo Charly na Nina bahagurutse mu Rwanda berekeza i Kampala muri Uganda mu gitaramo kizabera mu ngoro y’i Bwami iri ahitwa i Lubiri, Mengo mu murwa...
Umuririmbyi Bruce Melodie ari kumwe na Charly na Nina baritegura kwerekeza ku mugabane wa Leta zunze ubumwe z ’Amerika mu gihugu cya Canada.Aba bombi bari mu bahanzi nyarwanda bahiriwe muri uyu...
Abahanzi nyarwanda barimo Bruce Melodie, Charly& Nina na Active nibo byamaze kwemezwa ko bazahurira ku rubyiniro rumwe na Runtown, Sheebah Karungi ndetse na Allan Toniks mu gitaramo...