Umuhanzi Costa Titch ukomoka muri Afurika y’Epfo yitabye Imana, nyuma yo kugwa ku rubyiniro mu gitaramo yaririmbagamo i Johannesburg.
Amashusho yashyizwe hanze agaragaza Costa Titch ari...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hateganyijwe Tombola y’uko amakipe azhura mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matisnda ya CAF Confederations Cup aho ikipe ya Rayon Sports yashyizwe mu gakangara ka C...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryanze icyifuzo Rayonn Sports yari yatanze cyo kwimura umukino wayo na Aspor mu gikombe cy’Amahoro ugashyirwa kuri uyu wa Gatatu kugira ngo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gusohora itangazo risubika umukino ubanza wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro wagombaga guhuza Rayon Sports na Etincelles I Rubavu mu rwego rwo...
Umutoza mukuru wa Rayon Sports utarahabwa amasezerano Ivan Jacky Minnaert yagaragaye mu myitozo yo mu gitondo ari kumwe n’umutoza w’umubiligi Kenny Basteleus watozaga Heroes FC yo mu kiciro cya...
Ikipe ya Brazil iri mu zihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi cy’uyu mwaka wa 2018 kizabera mu Burusiya,yamaze guhamagara abakinnyi 23 bagomba kwitabira iyi mikino babuzemo myugariro Dani...
Imwe mu mpamvu iri gutuma ikipe ya Rayon Sports iri kubura umusaruro muri iyi minsi, ni akavuyo kari mu buyobozi bwayo aho nyuma yo kubona itike yo gukina amatsinda ya CAF Confederations Cup...
Mu mikino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’igihugu muri Uganda,abafana ba Sports Club Villa Jogoo bababajwe no kunganya 0-0 na Vipers ku kibuga cyabo,batangira gutera amabuye mu kibuga ndetse bakomeretsa...
Mu mukino w’itsinda B wahuje ikipe ya Portugal na Espagne,warangiye amakipe yombi anganyije ibitego 3-3,Cristiano Ronaldo ataha aririmbwa n’abakunzi ba ruhago kubera ukuntu yigaragaje muri uyu...
Ikipe y’igihugu ya Brazil yahabwaga amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cy’isi ku nshuro ya 6,isezerewe muri ¼ n’Ububiligi ku bitego 2-1 mu mukino wabereye mu mujyi wa...
Atletico Madrid yeretse Real Madrid ko izakumbura Cristiano Ronaldo na Zinedine Zidane,ubwo yayinyagiraga ibitego 4-2 mu mukino wo guhatanira igikombe gisumba ibindi ku mugabane w’I burayi UEFA...
Umunyamakurukazi ukomeye muri USA witwa Farrah Abraham yakoze agashya yifotoza yambaye ubusa buri buri akwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru...
Itsinda ry’abafana ba FC Barcelona bateze kizigenza Lionel Messi ku kibuga cy’indege baramutuka baramwandagaza,abandi bashaka kumukubita akizwa n’umurinzi we ndetse n’umutoza we...
Ikipe ya Juventus ishaka kwiyubaka kugira ngo izegukane igikombe cya UEFA Champions League umwaka utaha,yatangiye urugamba rwo kwegukana umukinnyi wo hagati Paul Pogba ariyo mpamvu yiyemeje...
Umukinnyi wa Atletico Madrid witwa Marcos Llorente yakoze mu nkovu abakunzi b’ikipe ya Liverpool,ubwo yitaga imbwa ye izina ry’ikibuga cy’iyi kipe Anfield baherutse gukoreraho...
Uwahoze ari kabuhariwe mu gutsinda ibitego mu Bwongereza,Robin van Persie yatangaje ko umutoza mwiza mu bamutoje bose ari Sir Alex Ferguson bamaranye umwaka umwe, yirengagiza Wenger bakoranye...
Umutoza Luis Enrique yemereye abakinnyi be muri Espagne gukora imibonano nijoro mbere y’imikino ariko ababuza kujya mu birori byo gusambanira mu kivunge.
Ibi bisa nk’ibyafashije Espagne kwitwara...
Ingona yishe umukinnyi wari uzwi muri Costa Rica nyuma yo kumusanga mu mazi ari koga mu rwego rwo kuruhuka.
Amashusho yashyizwe hanze yagaragaje iyi ngona iri mu mazi ifashe umubiri w’uyu...
Ubuyobozi bw’igihugu cya Portugal bwatangaje ko inkongi y’umuriro waturutse mu ishyamba yahitanya abantu basaga 60 biganjemo abagendaga mu modoka zabo.
Iyi mpanuka yabaye kuri iki cyumweru....
Leta ya Portugal yatangaje ko inkongi y’ umuriro yibasiye ishyamba ryo muri icyo gihugu riherereye ku birometero 50 mu magepfo y’ umugi wa Coimbra imaze guhitana abagera kuri 57.
Bamwe muri...
Nyuma y’aho ikipe ya Espoir itwariye igikombe cyo kwibuka mu makipe ya hano mu Rwanda ku munsi w’ejo hari hatahiwe imikino yo kwibuka mu makipe yahano mu Rwanda no hanze aho amakipe y’ibigugu yari...
lnuma yafatiwe mu gihugu cya Kuwait, giherereye mu birwa bya Perse, bikaba bivugwa ko yari itwaye ibiyobyabwenge bikoze mu binini bigera kuri 178 ibijyanye mu kindi gihugu. The Mirror dukesha...