Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe 2020, mu Rwanda hagaragaye abandi barwayi bane ba COVID19 bituma umubare w’abanduye iki cyorezo mu Rwanda ubai abarwayi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 29 Werurwe 2020 hagaragaye abandi barwayi ba Coronavirus 10 bituma umubare w’abanduye uzamuka cyane ugera ku bantu...
Umubare w’abanduye Coronavirus mu Rwanda ukomeje kwiyomgera aho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Mata 2020,hagaragaye abandi 7 bituma umubare w’abanduye ugera kuri...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu hagaragaye abantu 13 banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara ugera ku bantu...
Ba rutahizamu babiri ba Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang na Alexandre Lacazette batangaje ko mu bakinnyi bose bose bakinana muri iyi kipe yo mu Bwongereza,ufite ubuhanga bwinshi ku mupira ari...
Ibihe bikomeye bisaba ingamba zikaze ... Abafana ba Huddah Monroe noneho bazatangira kwishyura hafi $ 20 buri kwezi kugirango barebe ibiri kuri Instagram ye muri iki gihe cyo...
Umuhanzikazi Tiwa Savage ukunzwe na benshi muri Afurika ndetse no ku yindi migabane,uvuga ko azi guteka neza, yakanguriye abasore bakwifuza kumugira umugore kubikora ubu kuko ngo igiciro...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020, rutahizamu wa Rayon Sports ukomoka muri Côte d’Ivoire, Drissa Dagnogo yanditse ubutumwa kuri Instagram asaba imbabazi abafana b’iyi kipe...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 14 Kamena 2020,habonetse abarwayi bashya ba Coronavirus 41. Abamaze kwandura iyi ndwara kuva yagera mu Rwanda babaye...
Mu gihe benshi mu bakurikirana Instagram ya Uwicyeza Miss Pamella n’umuhanzi The Ben bakekeranya ku mubano bafitanye ku bw’amafoto bashyira ahagaragara,The Ben yakuyeho urujijo amara amatsiko...
Indege itwara abagenzi ya Kompanyi Air India yari irimo abantu 191 yakoreye impanuka ku kibuga cy’indege cya Karipur ahitwa Kozhikode muri Kerala mu Buhindi bituma abantu batatu mu basaga 190 bari...
Abategetsi bavuga ko indege ya kompanyi Air India Express yari irimo abantu 190 yakoreye impanuka ku kibuga cy’indege cyo muri leta ya Kerala mu majyepfo y’igihugu, yica abantu...
Mu gihe hamaze iminsi hahwihwiswa amakuru ko Miss Pamella Uwicyeza yaba atwite inda ya The Ben, aba bombi bagiye kuruhukira ku Kiyaga cya Muhazi aho baraye muri imwe muri Hotel...
Kuwa Kabiri tariki ya 15 Nzeri 2020, Paul Rusesabagina watangiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo, yatangaje ko yatawe muri yombi yari azi agiye mu Burundi mu nama z’amatorero yatumiwemo...
George Clooney, icyamamare muri cinema, n’umugore we Amal Clooney, biyememje kuzakurikiranira hafi urubanza rwa Paul Rusesabagina nk’uko byatangajwe na Fondasiyo yitiriwe...
Mu minsi ishize nibwo Paul Rusesabagina yahishuye ko mbere y’uko afatwa yari agiye mu Burundi ariko nyuma aza kwisanga mu Rwanda rwamukurikiranagaho ibyaha by’iterabwoba byahitanye abantu benshi mu...
Tuyishime Joshua, umuraperi uri mu bakomeye hano mu Rwanda akaba azwi cyane nka Jay Polly, nyuma yo gutandukana n’umugore we wa kabiri Uwimbabazi Sharifa babyaranye n’umwana w’umukobwa, yerekanye...
Hashize iminsi itari mike havugwa urukundo hagati y’umuhanzi The Ben na Miss Pamella Uwicyeza. Iyi ni inkuru yagiye icicikana hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda ndetse no mu...