Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika/Foto: CNN
Mu buryo butunguranye kuri uyu wa kabili Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yahambirije James Coney wayoboraga...
Nyakwigendera Augustin Nahimana
Ku mugoroba wo kuri icyi cyumweru ahagana saa yine z’ijoro nibwo umunyeshuli muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye yitabye Imana aguye mu bitaro bya Kaminuza...
Umuyobozi w’ akarere ka Kicukiro Dr Jeanne Nyirahabimana yagaragarije abaturage uburyo bune ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwamo asaba abaturage kurirwanya.
Muri gahunda yo gutangiza...
Perezida wa Irani Hassan Rouhani niwe wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu cya Irani, mu ijambo yavuze akimara gutorwa yavuze ko yubaha abo bahanganye yongeraho ko abamutoye bahisemo ko Irani...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahawe igihembo mpuzamahanga kitwa “Dr.Miriam&Sheldon Adelson Award”, gihabwa umuntu wagaragaje kuba inshuti nziza y’Abayahudi na Israel
Iki gihembo yagifatiye...
Umutwe wa Al Shababu wo mu gihugu cya Somalia ugendeye ku mahame y’idini ya Kiyisiramu, wahaye abagabo babiri igihano gikomeye cyo gucibwa ibiganza nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwinjira mu iduka...
Mu murenge wa Ruramba, akagari ka Gabiro umudugudu wa Kageyo mu karere ka Nyaruguru umugore yatabaje abaturanyi be avuga ko abyutse agasanga umugabo we Ndagijimana Jean Paul yimanitse mu giti cy’...
Mukabagarura Eugenie, umubyeyi w’abana barindwi, utuye mu Mudugudu wa Gitera, Akagali ka Kibirizi, Umurenge wa Mayange, mu Karere ka Bugesera yavuze uburyo yari agiye kwiyahura nyuma yo gutekerwa...
Mu gihe kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 gicurasi ari bwo umurambo wa Ivan Don Ssemwaga wagezwaga mu gihugu cya Uganda ugasezerwaho mu rusengero n’inshuti n’abavandi mwe Zari yagize icyo avuga ku...
Ivan Ssemwanga umugabo wari umuherwe mu gihugu cya Uganda, yashyinguwe kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Gicurasi 2017 mu gace avukamo ahitwa Kayunga muri Uganda.icyatangaje abantu ni imva y’uyu...
Ku nshuro ya mbere, igihugu cya Misiri kigiye kwifashisha inzira Yesu, Yozefu na Mariya baciyemo bava i Bethelehemu bahungiye mu Misiri mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo, aho hatangijwe...
Nyuma y’uko hamenyekanye amakuru ko umuherwe Ivan Semwanga yapfuye bakamuhambana akayabo k’amafaranga ndetse n’ibindi bintu byy’agaciro, hari amakuru ko abantu bagerageje gucukura imva ye ngo...
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Vincent Biruta, Perezida wa PSD
Kuri uyu wa gatandatu ishyaka PSD, Ishyaka rivuga ko riharanira demukarasi n’imibereho myiza ya Rubanda ryakoresheje kongere yo kwizihiza imyaka 26 rimaze ndetse...
Umugore utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba atazi kurangiza uko bisa , gusa ikimubabaza ni uko yumva abandi bavuga...
Mu minsi ishize muri Uganda habereye ibintu bitamenyerewe aho mu muhango wo gukura ikiriyo y’ umuherwe Ivan Ssemwaga, itsinda ry’ abaherwe bafashe amafaranga rikasasa mu mva ya Nyakwigendera.
Mu...