Abagabo babiri n’ umugore umwe batekeye umutwe abaturage mu kagari ka Bweya, umurenge wa Ndora, mu karere ka Gisagara babambura amafaranga bababeshya ko bazafasha kwishyurira...
Nyuma y’aho mu kwezi kwa 3 umwaka ushize wa 2017 mu kagali ka Muyira mu murenge wa Kibirizi ho mu karere ka Gisagara, itsinda ry’amabandi riteye abaturage, rikabiba rikanakomeretsa bamwe, mu ijoro...
Imodoka ya Toyota Coaster yari itwaye abari bavuye i Kigali mu bukwe mu masaha y’urukerera rwo mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru yakoreye impanuka mu murenge wa Mugombwa mu karere ka Gisagara umwe...
Inkubiri yo kwegura no kweguza abayobozi mu turere yakomereje I Gisagara na Burera aho umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Hanganimana Jean Paul yamaze gutanga ibaruwa...
Abarimu babiri bakomoka mu Karere ka Gisagara batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gusambanyiriza mu macumbi abakobwa babiri barimo utarageza ku myaka y’ubukure bari bataye...
Umusaza w’imyaka 64 wo mu Karere ka Gisagara, mu murenge wa Kigembe akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka ine wari utembereye akagera iwe mu rugo mu masaha...
Ikipe ya APR Volleyball Club mu bagabo na Police Women Volleyball Club mu bagore, ni zo zegukanye igikombe cy’irushanwa ryo Kwibohora ku nshuro ya 29, Liberation Cup...
Umuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’...
Abaturage bahinga mu gishanga cy’urutanga kiri mu karere ka Gisagara hagati y’imisozi ya Cyanamo, Gitisi, Muganza, na Kirarambogo bavuga ko ntakizere bafite cyo guhashya inzara iri mu ngo zabo...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi batanu bo mu Karere ka Nyanza na Gisagara bishingiye ku bimenyetso byabonetse bifitanye isano n’ibyaha byakozwe mu itangwa ry’amasoko muri...
Umukecuru wo mu karere ka Gatsibo uri mu kigero cy’ imyaka 55 uruhu rwe rwazanye amagaragamba umubiri wose. Avuga ko ari ibiheri birara bimurya agasaba ubuyobozi kubashakira umuti w’ ibi biheri...
Abatishoboye bo mu karere ka Gisagara barimo kubakirwa umudugudu w’ ikitegererezo, bishimira amazu meza bukabiwe by’ umwihariko bakifuza ko Perezida Kagame yazabasura mu muhango wo gutaha aya mazu...
Tariki 23 Mutarama mu turere twa Rubavu na Gisagara hafatiwe abantu bane, aba bakaba barafashwe n’inzego z’umutekano ubwo barimo kwinjiza mu gihugu imyenda ya caguwa ingana n’amabalo 12....
Mu gice cy’umurenge wa Gashora mu karere ka Bugesera werekeza mu wa Rukumberi wo mu karere ka Ngoma hafi y’ikiraro kigabanya utu turere twombi mu gishanga gihingwamo umuceri mu murenge wa Gashora...
Abarenga 50 b’ingeri zinyuranye batashye ubukwe ku wa Gatandatu mu murenge wa Mugombwa Akagari ka Mugombwa mu mudugudu wa Impinga bakanywa ku kigage cyari cyateguwe,nyuma baguwe nabi cyane kugeza...
Umukobwa wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara yategereje umuhungu bari gukorana ibirori by’ubukwe,amaso ahera mu kirere kuko bwije ataje.
Nkuko amakuru dukesha Umuseke abitangaza,uyu...
Umusore w’umyaka 25 y’amavuko wo mu Murenge wa Kigembe mu Karere ka Gisagara, ukurikiranyweho gufata ku ngufu umugore w’imyaka 45 no kwangiza imyanya ndangagitsina ye,yemeye icyaha.
Uyu yiyemereye...
Umugore wo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara, akurikiranyweho kwica umugabo we amuhoye amafaranga 500 Frw yari amuhaye ngo ajye kuyahahisha, ariko agashaka kuyisubiza.
Uyu mugore w’imyaka...
Uwari Umuyobozi w’Akarere ka Gisagara kuva mu mwaka wa 2006-2016 Léandre Karekezi amaze gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’intoki mu Rwanda (FRVB) mu matora yo gusimbura Perezida waryo...
Polisi ikorera mu karere ka Gisagara, ku itariki ya 26 Kanama, ahagana mu saa tatu z’ijoro, yafashe umugabo witwa Niringiyimana Reverien w’imyaka 52 y’amavuko , ukekwaho gucuruza urumogi rungana...
Police in Gisagara District arrested two men on July 30, in connection with theft of electronics.
Pacifique Habarugira, 21, and Gerald Ndayisaba, 27, are suspected to have stolen two computer...
Abarimu b’amashuri abanza n’ayisumbuye bo mu turere tumwe na tumwe two mu ntara y’Amajyepfo bababajwe n’imishahara yabo y’ukwezi kwa mbere yatinze kubageraho aho bamwe bagiye kwivuza ku munsi w’ejo...
Uwavuga ko Marina ari umwe mu bahanzikazi nyarwanda bari kwitwara neza mu muziki muri iyi minsi ntabwo yaba abeshye,kuko ni ari umukobwa w’impano ihambaye kandi ukora ibishoboka byose ku rubyiniro...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 24/10/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’isambu wa Naramabuye...