Umunyeshuri utuye mu gace ka Raila muri Lang’ata yiriwe yifungiranye mu nzu ye yakodeshaga ku wa kabiri, tariki ya 26 Werurwe,birangira yiyahuye kubera kuribwa amafaranga y’ishuri na...
Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere Taliki ya 15 Mutarama, 2024 ikageza ku mugoroba, yatumye igisate cy’umuhanda uhuza Akarere ka Huye na Nyamagabe...
Umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, aremera icyaha cyo gusambanya umwana wo muri uru rugo yakoragamo ndetse akavuga n’uko yabigenje ubwo yahohoteraga uwo...
Abagabo babiri bari bakurikiranyweho kwicira umumotari mu ishyamba rya ISAR-Rubona riri mu Murenge wa Rusatira mu Karere ka Huye, barangiza bagataba umurambo ukaboneka nyuma y’iminsi ibiri,...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu karere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu Kagari ka Cyimana akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itanu nyuma yo kumugwaho amaze kumukuramo...
Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko wo mu Karere ka Huye ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi y’amavuko, yemera iki cyaha, akavuga ko yabitewe n’amadayimoni ndetse na Primus 2 yari...
Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yaraye ahuye n’umukoresha we mukuru,Roman Abramovich,usanzwe ari nyiri iyi kipe mu muhango wo kwishimira igikombe cya UEFA Champions League batwaye amwizeza ko...
Umukobwa w’imyaka 18 witwa Tuyiramye Gloria wo mu Murenge wa Gataraga mu Kagari ka Mudakama mu Mudugudu wa Mikingo yasanzwe yapfuye ahobikekwa ko yiyahuye muri ruhurura itwara amazi ava mu birunga...
Abantu 26 bafatiwe mu tubari tune two mu Karere ka Huye bari kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka...
Umukinnyi w’ikipe ya Liverpool Natanael Clyne ukina mu Bwugarizi yahuye n’uruva gusenya ubwo yari avuye mu kabyiniro agahura n’umugore wahise amufata akamukomeza akamukurwaho n’uko barwanye...
Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Producer Bob Pro ufatwa nk’umuhanga mu bijyanye no gukorera abahanzi batandukanye indirimbo, yanenze bikomeye Dream Boys iherutse gushyira hanze indirimbo nshya,...
Batamuliza Isabelle, umwe mu bacururiza mu mujyi wa Huye, Umuryango we akaba aribo ba nyiri Hotel Faucon ataka igihombo gikomeye yatewe n’uko ubuyobozi bwafunze iyi hotel (kuva mu myaka ine...
Ababyeyi bagizwe incike na Jenoside batujwe mu rugo rw’impinganzima ruherereye mu murenge wa Mukura mu karere ka Huye bari mu byishimo bidasanzwe kubera ko bahawe umwanya wo kujya bitabira siporo...
Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa inkuru y’urupfu rw’umufana w’ikipe ya Fc Barcelona wiyahuye mu ijoro ryashize nyuma yuko ikipe afana itsinzwe na Liverpool ibitego 4 ku...
Mu mudugudu wa Kadahokwa, Akagari ka Ryakibogo Umurenge wa Gishamvu mu karere ka Huye mu ntara y’ amagepfo, umuryango wa Sekora Louis na Nyirasafari Antonia ubayeho mu buzima buteye ishavu...
Umunya-Argentine Lionel Andres Messi ufatwa nk’umwe mu bakinnyi b’ibihangage ba ruhago isi yagize mu mateka yayo, yahishuye ko Umunya-Brazil Ronaldo Nazario ari we rutahizamu w’igihangage yabonye mu...
“Ningira amahirwe ngahura na Perezida Paul Kagame nzishima cyane, sinzi icyo navuga. Aratangaje, yahinduye u Rwanda ku buryo rusa neza n’u Burayi. Ibihugu byinshi by’i Burayi ntibibona ko aha haruta...