Umuraperi The Game wasaga n’uwibagiranye mu ruhando rwa muzika yashyize hanze indirimbo ishotora Kanye West ivuga ubusambanyi bukabije yakoranye n’umugore we Kim Kardashian bigeze gukundana mu...
Rutahizamu Alexis Sanchez uri mu byishimo bikomeye nyuma y’aho akize Jose mourinho wari waramushyize ku gatebe k’abasimbura ka Manchester United,yafashwe amashusho ari kumva indirimbo yitwa Now We...
Umutoza wa Manchester City Pep Guardiola uri mu bakunzwe ku isi,yatangarije BBC indirimbo akunda cyane ziganjemo iza kera cyane ndetse benshi mu Rwanda...
Muri iyi minsi Abanyarwanda baba mu mahanga bahagurukiye gukora muzika mu rwego rwo kugira itafari bashyira ku iterambere rya muzika y’u Rwanda, aha niho bamwe mu banyempano bahagurukiye bifuza no...
Myugariro w’ikipe ya Real Madrid akaba na kapiteni wayo Sergio Ramos yasohoye indirimbo ya Hip Hop yitwa “SR4”ku wa Gatanu w’iki Cyumweru yibanda ku bigwig bye nk’umukinnyi wa...
David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido yamaze kwambuka umupaka w’ u Rwanda atarangije indirimbo na Jay Polly. Ubwo Davido yageraga mu Rwanda taliki ya 02 Werurwe 2018 mu kiganiro n’ Itangazamakuru...
Leta ya Nigeria yahagaritse zimwe mu ndirimbo ziri guca ibintu muri iyi minsi ku mugabane wa Africa z’abahanzi nka Davido, Olamide na 9ice, izishinjwa gusakaza umuco w’ubusambanyi, kwigisha abantu...
Nameless Campos watunganyije amashusho y’indirimbo Ziada ya Ama-G The Black na Urban Boyz akanatunganya Vimba Vimba ya 3 Hills aragaya bikomeye Producer Ma-Riva ku mitunganyirize y’indirimbo....
Ubwo yari mu gitaramo Diamond Platnumz yerekanye umukobwa bigeze gukundana aramuhobera cyane avuga ko indirimbo Kamwambie ari we yayikoreye ndetse ko yari Beyonce kuri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Kamena 2023, nibwo Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera, Umuvugizi wungirije wa RDF .
Ni umuntu usanzwe azwi mu...
Barack Hussein Obama II wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze ubumwe za Amerika buri mwaka agaragaza urutonde rw’indirimbo zamunyuze, kuri ubu hagaragayeho indirimbo eshatu z’abahanzi bo muri...
Nyuma y’iminsi mike abaraperi Papa Cyangwe na Kivumbi King baterana amagambo ntibyarangiriye aho kuko Papa Cyangwe yahise asohora indirimbo yibasira Kivumbi yiganjemo ibitutsi...
Musengayire Yvette wamenyekanye nka Kellyboo, nk’umubyinnyi ukunze kugaragara mu mashusho y’indirimbo akaba na DJ uri kubyimenyereza muri iyi minsi, yamaze kwerekana umukunzi yemeje ko bamaranye...