Itangazamakuru ni umwuga ukundwa kandi wubahwa n’abantu hatari hake ku Isi,gusa iyo ukozwe nabi uteza ingaruka mbi mu bantu aribyo byabaye mu Rwanda bigatuma haba Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
Minisitiri w’ Intebe w’ Ubuyapani Shinzo Abe
Mu bihe byashize kuva mu ntambara y’ubutita igihugu cy’Ubuyapani cyakunze kugenda biguruntege mu ishoramari ku mugabane wa Afurika.Nyamara muri iki...
• Eyob Metkel yarangije amasezerano ye muri Dimension Data U23 ndetse yarengeje imyaka 23
• Eyob nta kipe afite nyuma yo kubura amahirwe yo kujya mu ikipe ya mbere ya Dimension Data
• Eyob Metkel...
Gen.Godefroid Niyombare yamaze gutangaza ko we n’abo ayoboye bahuriye mu mutwe w’inyeshyamba zirwanya u Burundi ((les Force républicaines du Burundi-FOREBU) biteguye gutera iki gihugu mu gihe inzira...
Abayisilamu bazindukiye mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru wa Aïd al-Adha, aho bazirikana uburyo Ibrahim yemeye gutanga umwana we Ismael nk’igitambo nk’uko yari yabisabwe n’Imana. Uyu munsi...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza avuga ko natorwa azaharanira ko ubucuruzi buciriritse bujya mbere akavuga ko n’ abacururiza mu mihanda bazwi...
Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse.
Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...
Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka.
1295:...
Perezida Kagame yavuze ko yibaza impamvu Papa Francis adasabira imbabazi intama ze zagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, nk’uko yazisabiye ku mugaragaro abapadiri bagiye bafata...
Umugore witwa Mateso Espérance wari ufite imyaka 32, bivugwa ko yari atwite inda y’amezi 6, yakubitiwe n’inkuba iwe mu rugo mu mudugudu wa Kamabuye, akagari ka Ntendezi,mu murenge wa Ruharanbuga, mu...
Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
Mu gihugu cy’ u Buhinde haherutse kuvuka ihene ifite ijisho rimwe abaturanyi bakaba bakomeje kuyifata nk’imana yabo.
Mu cyumweru gishize mu gihugu cy’u Buhinde mu gace ka Assam havutse ihene...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi,...