Amamiliyoni y’abanya Iran yateranye uyu munsi mu muhango wo gusezera kuri Gen. Qassem Soleimani kuri uyu wa Mbere aho uwamusimbuye Esmail Qaani yabasezeranyije ko kwihorera kuri US yamwishe ari...
Umukinnyi mushya wa Rayon Sports,Iranzi Jean Claude, yatangaje ko bafite umutoza mwiza ndetse n’abakinnyi bagenzi be bari ku rwego rwo hejuru bityo abafana bakwiriye kubagirira icyizere ku mukino...
Hari amakuru avuga ko nyuma y’uko u Rwanda rutangiye gukurikirana abarundi bari barahungiye hano mu Rwanda bashakaga gukomeza ibikorwa bya Politiki ndetse na gisilikali ubu inzego zibishinzwe zaba...
Israel yashinje Iran kuba ari iyo iri inyuma y’igitero ku bwato bw’ibitoro [ibikomoka kuri peteroli] cyiciwemo abantu babiri mu bari babutwaye - Umwongereza n’Umunya-Romania...
Aba bana bavutse ari impanga bakaba bavuka mu muryango w’aba Budhiste bashyingiranywe ku myaka 5 gusa , hanyuma ababyeyi babo bavuga ko urukundo rwabo rwahereye kera kuko ngo mu buzima bwashize...
Mu gushyingura padiri Ubald Rugirangoga, murumuna we Révérien Rugwizangoga yavuze ko nubwo mukuru we yakuriye mu rwango rushingiye ku macakubiri n’itotezwa we "yabirenze agakurana umutima wuzuye...
Umurambo wa Padiri Ubald Rugirangoga uherutse kwitaba Imana tariki 7 Mutarama 2021 aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagejejwe mu Rwanda, aho biteganyijwe ko uzashyingurwa mu ntangiriro...
Umurambo wa Padri Ubald Rugirangoga uzagezwa mu Rwanda ku wa gatandatu nimugoroba, ku wa mbere tariki ya mbere Werurwe 2021 nimugoroba ugezwe mu Karere ka Rusizi nkuko umunyamabanga wa Diyoseze...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane,tariki 18 Mata, Israël yagabye igitero cya drones enye muri Iran, zishwanyaguzwa zitaragera ku ntego nkuko abategetsi ba Amerika...
Abategetsi bo ku rwego rwo hejuru muri Amerika bavuze ko ibiro bya perezida w’Amerika, White House, byaburiye ko iki gihugu kitazajya mu gitero na kimwe cyo kwihorera kuri...
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yavuze ko abaguze umuceri utujuje ubuziranenge muri Tanzania bafite amahitamo abiri gusa yo kuwusubiza aho bawuranguye cyangwa...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ihuza Perezida wa Repubulika n’abahagarariye abaturage, ikaba ari ngarukamwaka kuko iba nibura rimwe mu mwaka, igasuzuma uko ubuzima bw’Igihugu n’ubumwe...
Ku gasozi kitwa Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, hatashywe ikibumbano kiri mu ishusho ya nyakwigendera Padiri Ubald Rugirangoga, wari uzwiho gusengera abarwayi...
Kizigenza Cristiano Ronaldo rutahizamu na Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Portugal n’ikipe ya Al Nassr muri Arabie Saoudité arasabirwa gukubitwa ibibiko 99 azira gusoma no guhobera...
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari "intangiriro...
Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije amasezerano y’imyaka ibiri Iranzi Jean Claude wirukanwe na APR FC,yongerera amasezerano y’imyaka 2 Mugisha Gilbert ukina asatira ndetse itangaza ko Rutanga Eric...
Umukobwa witwa Debby Zutant w’imyaka 51 ukomoka ahitwa Key West muri Leta ya Florida yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko yashyingiranywe na musaza we witwa Joe w’imyaka 38, kuri ubu bakaba...
Bamwe mu bagiraneza bakomeje kwisukiranya bajya gusangira na Ndahimana Narcisse w’imyaka 42 utuye mu karere ka Muhanga wamamaye ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru kubera kujya gusezerana...
Minisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije...