Muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Vice Amiral Robert Harward yanze umwanya w’ umunjyanama mukuru ku bibazo by’ umutekano w’ igihugu yari yahawe na Perezida Donald Trump avuga ko ari akazi kagoye....
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo FARDC cyatangaje ko imirwano y’ iminsi itatu yagishyamiranyije n’ umutwe wa M23 yaguye abantu 16.
Iyi mirwano yatangiye ku wa Mbere w’ iki...
Abanyarwanda babarizwa mu Budage, Pologne, Liechteinstein, Repubulika ya Czech, Slovakia, Romania na Ukraine, bashyiriweho ahantu bazatorera Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 3...
Guverinoma ya Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yemeje ko Umucamanza mukuru, Jeff Sessions uheruka gushyirwaho na Perezida Donald Trump yabonanye inshuro ebyiri na Ambasaderi w’ u Burusiya muri icyo...
Igisirikare cya Kenya cyatangaje ko cyishe abarwanyi 57 bo mu mutwe wa Al shabaab wiyitirira idini ya Islam mu mirwano yabereye mu majyepfo ya Somalia ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Werurwe 2017....
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
Perezida Kagame atanga ikiganiro mu Kigo cya Politiki cya Kaminuza ya Harvard ku wa 26 Gashyantare 2016
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame biteganyijwe ko muri iki cyumweru azerekeza muri Leta...
Kim Jong nam na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un
Igihugu cya Koreya ya Ruguru n’ igihugu cya Malyasia byahagaritse by’ agateganyo urujya n’ uruza rw’ abaturage bava mu gihugu kimwe bajya mu...
Ku wa 8 Werurwe 2017, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Pierre Nkurunziza yemeje umuvugizi we mushya anashyiraho icyegera cye. Mu itangazo ryasohotse tariki ya 06 Werurwe uyu mwaka.
Umugabo...
Umukobwa w’ Umunya Egypte ufite ibiro byinshi ku Isi nyuma yo kujyanwa kubagwa mu gihugu cy’ u Buhinde kuri uyu wa Kane abaganga batangaje ko yabazwe ndetse ko icyo gikorwa cyagenze neza, ngo...
Mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi abantu bataramenyekana barashe abantu batatu barimo umwana, babiri barapfa undi arakomereka.
Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 12 Werurwe 2017...
Abayobozi muri Australia baburiye abantu ku ikoreshwa ry’ibyuma by’ikoranabuhanga bikenera batterie mu gihe bari mu ngendo z’indege nyuma yaho ‘écouteurs’ z’umugore umwe zifashwe n’umuriro zikamwangiza...
Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2017 umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoye intumwa ye nshya mu Rwanda isimbura...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yategeko mu mujyi yose ya Uganda hashyirwa ibyuma bifata amashusho ku mihanda CCTVs.
Ibi bibaye nyuma y’ aho uwari Umuvugizi wa Polisi ya Uganda, AIGP...
Abapolisi mu iperereza ahabereye igitero cyo kuri uyu wa 22 Werurwe 2017
Igipolisi cyo mu mujyi wa Londres mu gihugu cy’ u Bwongereza cyatangaje ko cyamaze kumenya umuntu wakoze igitero cy’...
Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije DGPR ryanyomoje ibyo Gen. Kayumba Nyamaswa yatangaje avuga ko iryo shyaka ryashinzwe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame rivuga ko...
Jared Kushner, Umukwe wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yemeye gutanga ubuhamya kuri komisiyo ya Sena ya Amerika ishinzwe ubutasi, mu iperereza ku ruhare Abarusiya...
Minisitiri w’Uburezi, Dr. Papias Musafiri
Mu itangazo MINEDUC yashyize hagaragara uyu munsi iravuga ko nta barimu b’abaganda yirukanye nk’uko byari byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga...
Agnes Binagwaho wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima, yagizwe umuyobozi mukuru wungirije wa kaminuza Mpuzamahanga mu by’Ubuzima (University of Global Health Equity ’UGHE’ ikorera mu Rwanda.
Ni kaminuza...
Mu gihe u Rwanda n’ Isi yose kuri uyu wa 7 Mata 2017, batangiye urugendo rw’ iminsi irindwi mu rwego rwo kunamira abazize jenoside yakorewe abatutsi, n’ urugendo rw’ iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro...