Mu karere ka Kamonyi Ababyeyi bari mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo wapfiriye ku ishuri aho yigaga mu kigo cya cyeru bivugwa ko yazize agapfundikizo k’ikaramu kamwe ko hasi ariko...
Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama kugeza kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2022, ibice bimwe by’Umujyi wa Kigali bizaba bidafite...
Mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gikondo mu Kagari ka Kanserege haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 59 wagiye kurarana ni inkumu mu icumbi(Lodge) ariko nyuma bakaza kumusanga yapfuye ndetse niyo...
Miss Umutoni Balbine wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’u Rwanda 2015 yasabwe anakobwa na Kwitonda Arsène bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo.
Hapfuye abantu batandatu, abandi bane barakomereka mu mpanuka yabereye mu muhanda uva Yamaha werekeza ku Kinamba mu Karere ka Nyarugenge kuri iki Cyumweru, tariki 23 Ukwakira.
Umuvugizi...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2023,nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku bana batatu bavukana, bishwe n‘impanuka y’ikamyo yo mu bwoko bwa HOWO yabereye ku Muhima ku Cyumweru,...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2022 mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ku muhanda uva ahazwi nko kwa Rwahama ugana ku Mushumba mwiza mu murenge wa Remera, mu Karere ka Gasabo,...
Amazi y’imvura yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Kigali yatwaye umumotari Kimisagara arapfa, ni nyuma yo gushaka kuramira moto ye yari atembanye.
Imvura nyinshi yaraye iguye...
Imodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya Royal Express yavaga muri gare ya Nyanza ya Kicukiro yacitse feri igonga imodoka ebyiri ntoya na moto, abantu babiri bahita bahasiga ubuzima.
Ahagana saa...
Ahagana saa sita z’amanywa yo kuri uyu wa gatandatu nibwo umuturage ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriye muri Restaurant iherereye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka...
Kuri uyu wa Gatatu ni bwo bwa mbere abakozi bagiye ku kazi nyuma y’uko Inama y’abaminisitiri ifashe icyemezo ko kuva muri 2023 amasaha y’akazi azava kuri 45 akaba 40 kandi akazi kagatangira saa tatu...
Ku Mugoroba wo kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Mutarama 2023 umugabo witwa Ringuyeneza Jean Bosco w’imyaka 28 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Gikingo ,AKagari ka Bweramvura mu Murenge wa Jabana...
John Williams Ntwali, umwe mu banyamakuru bazwi mu Rwanda,yapfuye kuwa kabiri w’iki cyumweru bimenyekana kuwa kane, nk’uko abagize umuryango we babitangaje.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ishami...
Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis "Général", yasuye abafana ba Kiyovu Sports batawe muri yombi.
Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mutarama 2023, ni bwo Urwego rw’Igihugu...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Mata 2023, nibwo habaye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abayirokotse bo ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, barashima Inkotanyi...
Umusore wo mu Kagari ka Nyarurama mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro, yatahanye umukobwa bagombaga kurarana maze apfira iwe, ahita yishyikiriza Urwego rw’Ubugenzacyaha,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Kamena 2023, nibwo ku kiraro cya Nyabugogo gitandukanya Umurenge wa Kimisagara n’uwa Gatsata hagaragaye umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 25...
Ku munsi w’ejo tariki ya 28 Kamena niwo wari umunsi wanyuma wo gusezera Nyakwigendera Pastor Theogene , ni umuhango witabiriwe n’abantu ibihumbi bose bamusabira ijuru.
Yesu aramubwira ati “Ni...