Mu kimenyetso cyo kwiyongera ko kudashaka uburengerazuba (Uburayi n’Amerika) kuva haba ihirikwa ry’ubutegetsi muri Niger, umucuruzi atewe ishema no kwerekana imyambaro ye iri mu mabara y’ibendera...
1.Kutamushimisha mu buriri
Ibuka ya minsi mukibana uko mu buriri byagendaga. Washoboraga no gukora imibonano inshuro 5 ku munsi kandi ukabikora buri munsi. None ubuzima bwarakomeye, amasaha...
Guhera tariki ya 28 Nyakanga kugeza tariki ya 5 Kanama 2023, mu Rwanda harabera irushanwa ry’igikombe cya Afurika cy’abagore mu mukino wa Basketball (Women’s AfroBasket...
Gusomana ni ikimenyetso cy’urukundo kuri bamwe, kikaba ikimenyetso cy’imyitwarire mibi ku bandi.Mu muco wa kinyafurika, gusomana byo bisa n’aho ari bishya, ubikoze afatwa nk’umunyamahanga cyangwa se...
Inteko Rusange Isanzwe ya FERWAFA yabereyemo amatora ya Komite Nyobozi nshya yayo izayiyobora mu myaka ibiri iri imbere, Munyantwali Alphonse wiyamamaje wenyine ku mwanya wa Perezida, ni we...
Abaturage bo mu Mirenge ya Gataraga, Shingiro na Busogo mu Karere ka Musanze, bavuga ko inzoga z’inkorano zicururizwa mu tubari twaho, ziri mu bikomeje gutiza umurindi ubusinzi...
Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) bemeje ko Habyarimana Marcel ’Matiku’ akomeza kuyobora iri Shyirahamwe mu nzibacyuho.
Abagabo batandatu bahoze mu nyeshyamba za FDLR muri DR Congo bakatiwe n’Urukiko rukuru mu Rwanda gufungwa imyaka itanu nyuma yo kubahamya icyaha kimwe muri bitatu baregwaga.
Aba bakuriwe na...
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora...
Umutwe wa M23 wongeye gutana mu mitwe na FARDC ndetse amakuru aturuka ahari kubera imirwano, aravuga ko birinze bigera kuri uyu mugoroba urugamba rugihinanye.
Imirwano yubuye mu gitondo cyo...
Mu gihe u Rwanda ruri mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsu mu 1994 ntihakirengagizwa bamwe mu banyamakuru bafatwa nkabaharaniraga ukuri ndetse akaba ari nako...
Rutahizamu Karim Benzema yafashiej Real Madrid kunyagira FC Barcelona ibitego 4-0 anayigeza ku mukino wa nyuma wa Copa del Rey mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Mata 2023....
Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid ica kuri televiziyo y’U Rwanda nyuma yo gukora impanuka akagongwa n’igare agiye gukorerwa operasiyo....
Bamwe mu bagize Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda barifuza ko ikiruhuko cy’umugabo ufite umugore wabyaye kiva ku minsi ine ikaba 30, naho icy’umugore kikava ku mezi atatu akaba atandatu.
Iyi ni...
Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid ica kuri televiziyo y’U Rwanda biravugwa ko arebye cyane nyuma y’uko bivuzwe ko yakoze impanuka...
Urukundo ni kimwe mu bintu bishimisha mu buzima ariko bikanababaza mu gihe iyo urugiyemo utazi icyo ushaka.Hari ibyo umuntu akwiye kuba yujuje mbere y’uko yinjira mu rukundo mu gihe yifuza kurira...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe y ’umurenge wa Bwishyura izwi ku izina ry’inkuba ibitego bine ku busa mu mukino wa gicuti wabahuje kuri uyu wa gatanu ,kuri Stade ya IPRC West.
Uyu mukino...