Abanyeshuli bo muri Kaminuza ya Bristol mu Bwongereza bari kuvugwa cyane mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto bifotoje bambaye ubusa,bashaka gushyira muri kalendari bazagurisha...
Nyuma y’igihe abanyeshuli biga biga muri kaminuza y’u Rwanda bategereje igihe cy’ifungura ry’amashuli ry’umwaka wa 2020/2021 byashyize bishyirwa hanze. Abanyeshuli bo mu mu mwaka wa mbere nibo...
Prof. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko...
Umuhanzi Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko umaze igihe ari kwiga mu Bwongereza ibijyanye na Politiki, yashimye bikomeye Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza no muri Irlande, Yamina Karitanyi,...
Umugabo n’umugore batandukanye ku ruhu,bakundanye rwihishwa bacyiga muri kaminuza mu myaka ya za 70 baherutse guhura basanga ’bagikundana’ niko kwibanira.
African Leadership University (ALU) yatangaje ko umuherwe Jack Ma washinze ikigo cy’ubucuruzi Alibaba Group yagizwe umwalimu w’umushyitsi kuri iyi kaminuza ikorera i Kigali.
Urubuga rw’iyi...
Umukobwa witwa Mizero Rosine ukomoka mu murenge wa Nyange mu karere ka Ngororero,mu kagari ka Buganyana, arasaba umusore witwa Uwizeyimana Jean Claude kumwishyura asaga miliyoni 3 z’amafaranga y’u...
Abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Burundi mu gice cy’ubuganga bagera kuri 28 barimo bandika ibitabo mu byo kuminuza bita ‘spécialité’ bagiye mu Bufaransa mu cyumweru gishize mu bikorwa byo kwimenyereza...
Umunyeshuri wo muri Kaminuza ya Makerere yasabwe n’ubuyobozi bw’ikigo gusobanurira impamvu y’ifoto ye yagaragaye ku mbuga nkoranyabaga yambaye ibisa n’ubusa.
Kuwa Gatanu hashyira kuwa Gatandatu...
Urubyiruko rwiga mu mashuri makuru na kaminuza rweretswe uburyo Afurika yava mu gisa n’ubukoloni, ikigira idategereje ibiva hanze yayo.
Hari mu biganiro byateguwe n’urubyiruko rugize umuryango...
Abanyeshuri basaga 100 babuze impamyabumenyi zabo, hari mu muhango wo kuzitanga ku abarangije muri kaminuza ya Kigali (Uok), ubuyobozi bw’iyi kaminuza bukavuga ko batujuje ibisabwa.
Ibi byabaye...
Perezida Kagame atanga ikiganiro mu Kigo cya Politiki cya Kaminuza ya Harvard ku wa 26 Gashyantare 2016
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame biteganyijwe ko muri iki cyumweru azerekeza muri Leta...
Jomo Kenyatta University of Agriculture and Technology na Kenyatta University zakoreraga mu Rwanda na Tanzaniya zategetswe gufunga imiryango kubusabe bwa Leta ya Kenya.
Muri Nzeri uyu mwaka...
Abarimu bo muri kaminuza ya Kinshasa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, baratangaza ko bashaka gukora imyigaragambyo ikomeye ku wa Mbere tariki ya 07 Kanama, yo gushyira igitutu kuri...