Iminsi itatu yo kwiyamamaza isize Paul Kagame yizejwe gutorwa ijana ku ijana.Paul Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda ageze ku umunsi wa Gatatu w’ibikorwa byokwiyamaza.
Ibikorwa byo kwiyamamaza...
John Ntaganda Semafara, umuyobozi wa Meteo Rwanda
Byitezwe ko mu mezi atatu ari imbere mu bice bitandukanye by’ u Rwanda hazagwa imvura nyinshi mu bice byinshi, iyi mvura ngo ishobora guteza...
Umugore witwa Mateso Espérance wari ufite imyaka 32, bivugwa ko yari atwite inda y’amezi 6, yakubitiwe n’inkuba iwe mu rugo mu mudugudu wa Kamabuye, akagari ka Ntendezi,mu murenge wa Ruharanbuga, mu...
Aha Dr Munyakazi yasomaga inyandiko ikubiyemo ibyo asaba urukiko/ ifoto ya Umuseke
Dr Leopold Munyakazi ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside akekwaho kuba yarakoreye mu cyahoze ari komini...
Nitwa Manzi Golden, ndi umusore w’imyaka 25 y’amavuko. Navukiye mu cyahoze ari komini Musambira ubu hakaba ari mu karere ka Kamonyi. Mu by’ukuri nashimishijwe cyane n’uru rubuga mwaduhaye aho...
Mu mezi atatu ashize Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 70 bakekwaho ubujura bw’amatungo bumaze iminsi bugarukwaho, biganjemo abo mu Karere ka Muhanga bangana na 1/2...
Ikipe ya APR FC yageze muri 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera AS Kigali ku bitego 2-1 mu mikino yombi.Umukino wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama warangiye...
Umutoza wa Kiyovu Sports,Joslin Bipfubusa, n’umwungiriza we Nzigamasabo Stève ntibari ku mukino iyi kipe yakinnye na Gorilla FC muri 1/8 cy’irangiza mu gikombe...
Imodoka yari itwaye abantu 12 yataye umuhanda ubwo yari igeze mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, batandatu mu bari bayirimo bahita bahasiga ubuzima, batanu...
Umugore w’imyaka 22 y’amavuko utaramenyekana amazina, yapfuye ubwo yarimo asengera mu rugo rw’umuturanyi we ruherereye ku Muyumbu mu karere ka Rwamagana.
Miss Muheto Nshuti Divine wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022 yasohotse ku rutonde rw’abakobwa bazitabira irushanwa rya miss Miss Miss World rigiye kuba ku nshuro yaryo 71 ,rikaba...
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze APR FC 1-0 , abakunzi bayo ndetse n’abakinnyi bakomeje kwishimira iyi tsinzi mu buryo budasanzwe aho uri gusanga benshi mu...