Ishimwe Dieudonne ’Prince Kid’, yasomewe iki cyemezo cy’Urukiko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022 ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ibanze rwa...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, rwategetse ko Dr Kayumba Christopher afungwa by’agateganyo iminsi 30 muri Gereza ya Nyarugenge, mu rubanza rwasomwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 5 Ukwakira...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Umutoza Leon Nisunzumuremyi; Data Manager mu Murenge wa Kinyinya, Karorero Aristide na Rugendoruhire Marie Rose ushinzwe Irangamimerere mu Murenge wa...
SP Nyagatare Delanoë yafashwe na RIB ku wa 10 Ukwakira 2023 akekwaho gukubita uwitwa Nyandwi Aimable urushyi mu muhanda. Yaburanye ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa Kane tariki ya 26...
Mu bitaro by’I Masaka biherereye mu kagari ka Gako mu Murenge wa Masaka wo mu karere ka Kicukiro haravugwa inkuru y’abaganga 2 bakozanyijeho mu ijoro ryo kuri uyu wa 06, rishyira uwa 07 Ukuboza,...
Mu buryo butunguranye, uyu munsi kuwa kabiri mu gitondo Paul Rusesabagina yazanywe mu rukiko rwibanze rwa Kicukiro kuburana ku iyongerwa ry’iminsi yo gufungwa...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imwe mu midugudu 6 yo mu karere ka Kicukiro na Nyarugenge isubijwe muri gahunda ya Guma mu rug mu gihe kingana n’iminsi...
Benshi mu rubyiruko rutandukanye cyane cyane urutuye mu mujyi wa Kigali, mu turere twa Nyarugenge, Kicukiro,na Gasabo, rwemeza ko ijambo “Kumanuka Kizimbabwe”, rurikoresha rushaka kuvuga ikorwa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasizuba no mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yafashe abasore 3 bamburaga moto abamotari bakajya kuzigurisha, izindi bakabanza...
Ikipe ya AS Kigali n’umutoza wayo Eric Nshimiyimana biteguye gusaba ibisobanuro FERWAFA igihe cyose baba babwiwe gusubiramo umukino bateyemo mpaga ikipe ya Pepiniere kandi baragiye ku kibuga...
Ikipe ya Pepiniere FC yabuze ku kibuga ku mukino yagombaga kwakirira AS Kigali ku kibuga cya Kicukiro, iterwa mpaga ndetse bivugwa ko ishobora guhita inasezera muri Shampiyona y’ikiciro cya mbere...
Nyuma yo kwiyamamariza mu Karere Bugesera na Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika asoreje urugendo mu Karere ka Kicukiro...
Mu karere ka Kicukiro,mu murenge wa Kanombe,mu Kagari ka Busanza,mu Mujyi wa Kigali hafatiwe umusore witwa Kazungu Denis, nyuma yo kwemerera Urwego rw’ubugenzacyaha RIB Ko yatahanaga...