Abakinnyi bahoze bakinira Rayon Sports barimo Manzi Thierry, Mutsinzi Ange, Niyonzima Olivier ’Sefu’ na Manishimwe Djabel bakoze imyitozo ya mbere muri APR FC ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere...
Ikipe ya Kiyovu Sports yongeye kwereka abakunzi bayo ko ikiri ubukombe nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa ½ w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri stade ya Kigali I...
Ku mukino wa mbere wa Manishimwe Djabel nka kapiteni,Rayon Sports yaburaga abakinnyi benshi bakomeye yanyagiye ikipe ya Gicumbi FC iyitsinda ibitego 7-1 mu gihe Kiyovu Sports yo yihanije Intare...
Mu Kagari ka Mwendo, mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, kuri iki Cyumweru habereye impanuka y’imodoka yaguye mu mugezi, ihitana abantu batandatu bari bayirimo bose...
Kiliziya Gatolika yanditse ibaruwa isaba imbabazi Abanyarwanda bose bakomerekejwe n’ibyari bikubiye mu nyandiko yayo yo kuwa 25 Werurwe yatangajwe kuwa 7 Mata 2019, yasabaga ko harebwa uburyo...
Umuhanzi, umunyabugeni, umunyamakuru,umuhanga mu bya sinema akaba n’umunyamideli Dady de Maximo Mwicira-Mitali yanenze byikomeye Kiliziya Gatolika mu Rwanda yasabiye imbabazi abageze mu zabukuru...
Umuyobozi wa IBUKA, Prof Jean Pierre Dusingizemungu, yavuze ko imbabazi Kiliziya Gatolika mu Rwanda iheruka abafungiwe ibyaha bya Jenoside bageze mu za bukuru cyangwa abarwaye, zikwiye...
Olivier Karekezi wahoze ari rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakiniye kuva mu 2000 kugera mu 2013, ayikiniramo imikino 55 ayitsindira ibitego 24. akaba no mu bakinnyi...
Umwe mu bahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba afungiye muri Gereza nkuru ya Kigali iri Mageragere witwa Nyirandegeya Mwamini yatanze ubuhamya kubyo yakoze, avuga ko kuba we na...
Myugariro wa Rayon Sports,Irambona Eric yakoze ubukwe bw’igitangaza we n’umukunzi we Mugeni Olive mu birori byabaye kuri uyu wa 23 Werurwe 2019 bikitabirwa n’ibyamamare bitandukanye birimo...
Mu kagali ka Nzove mu murenge wa Kanyinya,muri Rulindo harasiwe umugabo washatse gucika abashinzwe umutekano ubwo yari kumwe na bagenzi be batatu bari bambaye imyenda ya gisirikare bavuye kwiba...
Ikipe ya Bugesera FC yahuye n’uruva gusenya ubwo yageraga ku kibuga cya Gicumbi FC igasanga yambaye imyenda isa ni’’y umunyezamu wayo bituma ijya gutira indi ku kigo cy’amashuli yo muri aka...
Ikipe ya Rayon Sports yari yakoze impinduka zitandukanye,yatsinze Amagaju FC ibitego 2-0,ku mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali I...
Minisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga...
Umuyobozi w’ akarere ka Kamonyi yahumurije abaturage ba kavukire muri aka karere ko abakire baturuka I Kigali bakajya kuhatura batazahabimura, anabizeza ko ubutaka bwo guhinda...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, FERWACY,ryamuritse inzira Tour du Rwanda ya mbere ya 2.1 izacamo,zirimo agace karekare kazava Huye kerekeza I Rubavu ku ntera...
Ubu n’ubuhamya bw’umukobwa w’umu Nyarwanda kazi utangaza ko akina filme zurukozasoni kandi mu Rwanda bamaze kuba benshi bazikina aho basigaye bambuka nimbibi z’u...