skol
Kigali

Search: Kicukiro (1039)

Umusirikare ukomeye mu ngabo za RDF yarokotse impanuka yari iteye ubwoba

Umusirikare mukuru mu ngabo z’u Rwanda, Col. Sebowa Mishaki yagonganye n’ikamyo ubwo yari mu modoka ye karere ka Nyamagabe,irashwanyagurika ariko Imana ikiza ubuzima bwe n’ubwabo bari...
10 July 2019 9439 0

Abahuruje urubyiruko barubeshya ko bazaruha amadolari 197 mu mahugurwa bagejejwe imbere y’ubutabera

Abanyakenya batatu n’umunyarwanda umwe bashinjwa ’guteka umutwe’ bakambura ibihumbi byinshi by’urubyiruko kuri Kigali Convention Centre bagejejwe imbere y’urukiko mu...
9 July 2019 3409 0

Abakinnyi 4 APR FC yakuye muri Rayon Sports bakoze imyitozo yabo ya mbere [AMAFOTO]

Abakinnyi bahoze bakinira Rayon Sports barimo Manzi Thierry, Mutsinzi Ange, Niyonzima Olivier ’Sefu’ na Manishimwe Djabel bakoze imyitozo ya mbere muri APR FC ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere...
1 July 2019 4513 0

Kiyovu Sports yiyongereye amahirwe yo kongera kugera ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro

Ikipe ya Kiyovu Sports yongeye kwereka abakunzi bayo ko ikiri ubukombe nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa ½ w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri stade ya Kigali I...
27 June 2019 2108 0

Ulimwengu yafashije Rayon Sports yaburaga abakinnyi benshi kwandagaza bikomeye Gicumbi FC

Ku mukino wa mbere wa Manishimwe Djabel nka kapiteni,Rayon Sports yaburaga abakinnyi benshi bakomeye yanyagiye ikipe ya Gicumbi FC iyitsinda ibitego 7-1 mu gihe Kiyovu Sports yo yihanije Intare...
20 June 2019 4591 0

Miss Umutoni Pamella yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Kevin[AMAFOTO]

Umutoni Pamella uri mu bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017 yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Murenzi Kevin bamaze guhana isezerano ryo kubana...
10 June 2019 3607 0

RUHANGO:Impanuka ikomeye y’imodoka yaguye mu mazi yahitanye abantu bose bari bayirimo[AMAFOTO]

Mu Kagari ka Mwendo, mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango, kuri iki Cyumweru habereye impanuka y’imodoka yaguye mu mugezi, ihitana abantu batandatu bari bayirimo bose...
3 June 2019 3715 0

Rutahizamu Babuwa Samson yasezeranye imbere y’amategeko n’umunyarwandakazi bamaze umwaka bakundana...

Rutahizamu wa Sunrise FC ukomoka mu gihugu cya Nigeria,ku munsi w’ejo yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Mutoni Maureen bamaze umwaka bakundana.
18 May 2019 9320 0

Menya ibanga ry’ubuzima ryakugeza ku mukiro nyawo n’umugisha w’agahebuzo

Mu buzima busanzwe, abantu benshi twemera ko umuntu ugira neza kandi akazirikana abandi, agira igikundiro ku bantu kandi bagahora bamusabira umugisha ku Mana. Nk’uko byumvikana kandi, uwo abantu...
29 April 2019 2136 0

Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi abakomerekejwe n’inyandiko iherutse gushyira hanze isabira abahamijwe jenoside bageze mu...

Kiliziya Gatolika yanditse ibaruwa isaba imbabazi Abanyarwanda bose bakomerekejwe n’ibyari bikubiye mu nyandiko yayo yo kuwa 25 Werurwe yatangajwe kuwa 7 Mata 2019, yasabaga ko harebwa uburyo...
14 April 2019 1984 0

Mu butumwa burebure Dady de Maximo yanenze bikomeye Kiliziya Gatolika yasabiye imbabazi abasaza bafungiye ibyaha bya Jenoside...

Umuhanzi, umunyabugeni, umunyamakuru,umuhanga mu bya sinema akaba n’umunyamideli Dady de Maximo Mwicira-Mitali yanenze byikomeye Kiliziya Gatolika mu Rwanda yasabiye imbabazi abageze mu zabukuru...
12 April 2019 3030 0

IBUKA yavuze ko imbabazi kiliziya Gatorika yasabiye abasaza bakoze Jenoside bari muri gereza zikwiriye...

Umuyobozi wa IBUKA, Prof Jean Pierre Dusingizemungu, yavuze ko imbabazi Kiliziya Gatolika mu Rwanda iheruka abafungiwe ibyaha bya Jenoside bageze mu za bukuru cyangwa abarwaye, zikwiye...
12 April 2019 3128 0

#Kwibuka25:Olivier Karekezi yatanze ubuhamya burebure avuga uburyo iyo ngo ataza kuba ari umukinnyi nawe atari kurokoka...

Olivier Karekezi wahoze ari rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakiniye kuva mu 2000 kugera mu 2013, ayikiniramo imikino 55 ayitsindira ibitego 24. akaba no mu bakinnyi...
8 April 2019 4014 0

Mwamini yatanze ubuhamya kubyo yakoze, avuga ko kuba barishe Abatutsi ari ikintu kibi bakoze kandi bicuza buri...

Umwe mu bahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba afungiye muri Gereza nkuru ya Kigali iri Mageragere witwa Nyirandegeya Mwamini yatanze ubuhamya kubyo yakoze, avuga ko kuba we na...
7 April 2019 4947 0

Irambona Eric yakoze ubukwe bw’igitangaza bwitabiriwe n’uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports Donadei...

Myugariro wa Rayon Sports,Irambona Eric yakoze ubukwe bw’igitangaza we n’umukunzi we Mugeni Olive mu birori byabaye kuri uyu wa 23 Werurwe 2019 bikitabirwa n’ibyamamare bitandukanye birimo...
23 March 2019 6749 0

Kigali:Umugabo wari wambaye imyenda ya gisirikare yarashwe akekwaho kwiba imashini zizwi nk’ibiryabarezi

Mu kagali ka Nzove mu murenge wa Kanyinya,muri Rulindo harasiwe umugabo washatse gucika abashinzwe umutekano ubwo yari kumwe na bagenzi be batatu bari bambaye imyenda ya gisirikare bavuye kwiba...
21 March 2019 7089 0

Bugesera FC yatiye imyenda y’abanyeshuli mu mukino yari yasuyemo Gicumbi FC

Ikipe ya Bugesera FC yahuye n’uruva gusenya ubwo yageraga ku kibuga cya Gicumbi FC igasanga yambaye imyenda isa ni’’y umunyezamu wayo bituma ijya gutira indi ku kigo cy’amashuli yo muri aka...
17 March 2019 2428 0

Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]

Mike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
18 February 2019 4280 0

Byinshi utamenye kuri Miss Rwanda Nimwiza Meghan wanavuze umusore yakundana nawe havuyemo abahanzi

Nyampinga w’u Rwanda 2019 Nimwiza Meghan avuga ko akunda abahanzi bose bo mu rwanda ariko akaba adashobora gukundana n’umuhanzi ahubwo akaba yahitamo gukundana n’umukinnyi w’umupira...
6 February 2019 5843 0

WDA yafunze ibigo byigisha ubumenyingiro birindwi ihagarika ibigera kuri 62

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyingiro,WDA, cyafashe umwanzuro wo gufunga ibigo birindwi, kinatanga ibyumweru bibiri ku bindi bigo 62 kugira ngo bibashe gukemura ibibazo bifite hanyuma byongere...
9 January 2019 1381 0

Rayon Sports yatsinze Amagaju FC yiyunga n’abakunzi bayo

Ikipe ya Rayon Sports yari yakoze impinduka zitandukanye,yatsinze Amagaju FC ibitego 2-0,ku mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali I...
30 December 2018 3213 0

‘Imyanzuro 9 yafatiye m’ Umushyikirano w’ ubushize umwe wahuye n’ imbogamizi’

Minisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga...
13 December 2018 1184 0

‘Kamonyi ntabwo hazaba umujyi uheza bamwe ukazana abandi’ – Meya Kayitesi

Umuyobozi w’ akarere ka Kamonyi yahumurije abaturage ba kavukire muri aka karere ko abakire baturuka I Kigali bakajya kuhatura batazahabimura, anabizeza ko ubutaka bwo guhinda...
2 December 2018 1271 0

Kurya umuriro ,Karate ,Kung fu zimwe mu mpano zagaragajwe muri ‘Bonjour Vacance’ i Kabuga [AMAFOTO]

Bonjour Vacance ni Igikorwa cyo gushaka impano zitandukanye mu rubyiruko rwo muntara zose ndetse no mu Mujyi wa Kigali.
25 November 2018 1269 0

Inama idasanzwe y’ abaminisitiri ya tariki 19 Ugushyingo 2018 yahaye benshi akazi hari n’ abasimbujwe

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
20 November 2018 6926 0

FERWACY yashyize hanze inzira zose Tour du Rwanda 2019 izacamo n’amakipe azayitabira

Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, FERWACY,ryamuritse inzira Tour du Rwanda ya mbere ya 2.1 izacamo,zirimo agace karekare kazava Huye kerekeza I Rubavu ku ntera...
15 November 2018 1648 0

Uyu mukobwa w’umunyarwandakazi ukina filime z’ubusambanyi yatanze ubuhamya burambuye bw’uko yabitangiye n’urwego bigezeho mu...

Ubu n’ubuhamya bw’umukobwa w’umu Nyarwanda kazi utangaza ko akina filme zurukozasoni kandi mu Rwanda bamaze kuba benshi bazikina aho basigaye bambuka nimbibi z’u...
14 November 2018 35120 0

Buri Muminisitiri yahawe akarere agomba kubera imboni

Minisitiri w’Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard buri karere mu turere 30 tugize u Rwanda yagahaye Minisitiri ugomba gukurikirana ibikorwa byako akanagafasha kwesa...
9 November 2018 8634 0

Kigali: Umupolisi ukomeye arashinjwa gusambanya umugore w’ abandi akaruma umunwa wa nyiri urugo

Umupolisi ufite ipeti rya Senior Superintend kuri uyu 8 Ugushyingo yafatiwe mu rugo rw’ undi mugabo yagiye kumusambanyiriza umugore, nyiri urugo ahahingutse bararwana amuruma...
9 November 2018 7866 0

MIGEPROF yatangije ‘TWICECEKA’, ni gahunda nshya yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Minisiteri w’ uburinganire n’ Iterambere ry’ umuryango yatangije kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2018 yatangije gahunda nshya yo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina aho abahungu, abakobwa, abagabo n’...
8 November 2018 505 0
0 | ... | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | 900 | 930 | 960 | ... | 1020