Amakipe azahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika ariyo Rayon Sports na AS Kigali ashobora kutazakoresha bamwe mu bakinnyi bayo baturutse hanze kubera ibyangombwa byabo byatinze...
Ikipe ya APR FC yakoze ibyo benshi mu bakunzi bayo bari bayitezeho itsindira Espoir FC ku kibuga cyayo igitego 1-0 naho AS Kigali inganya na Police FC ibitego 2-2 mu mukino washyushye mu gice cya...
Ikipe ya AS Kigali n’umutoza wayo bariruhukije kuko babonye amanota 3 ya mbere ku mukino w’umunsi wa 8 batsinzemo Bugesera FC ibitego 3-0 kuri stade ya Kigali I...
Mu rwego rwo kurushaho kwiyubaka,ikipe ya AS Kigali yatangiye gahunda yo gukomeza kubaka ikipe y’abakinnyi bakomeye aho yatangiye kurambagiza abasore bo basanzwe bakomeye muri Rayon Sports barimo...
Mu mukino winjiyemo ibitego 7, ikipe ya AS Kigali yisubije umwanya wa mbere w’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 4-3.
Muri uyu mukino wari ubereye...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 2 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abaturage yafatiye mu murenge wa Nduba akarere ka Gasabo abasore 3 binjizaga urumogi mu mujyi wa Kigali.
Abafashwe ni...
Kuva mu masaha akuzeho y’umugoroba wo kuri uyu wa kabili inyubako ya Hotel Top Tower iherereye ku Kimihurura iri gusenywa, amakuru Umuryango wamenye ni uko iri gusenywa n’Umujyi wa Kigali ku...
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika,Diamond Platnumz,yasabye perezida w’igihugu cye cya Tanzania John Pombe Magufuri kububakira inyubako isa neza na Kigali Arena yamukoze ku mutima ubwo yayisuraga...
Kigali Arena, inyubako ya mbere nini y’imikino yo mu nzu mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba ndetse iri mu icumi za mbere muri Afurika yose isa n’iyarangiye.
Abasifuzi bakoze agashya mu mukino wo kwishyura wahuje Rayon Sports na As Kigali mu gikombe cy’Amahoro,ubwo bagaragazaga ko batazi amategeko agenga iki gikombe,bituma benshi bagwa mu...
Ikipe ya APR FC yihimuye kuri Etincelles iyitsinda ibitego 4-0 mu gihe Rayon Sports yananiwe gutsinda AS Kigali y’abakinnyi 10 mu mikino y’umunsi wa 2w’igikombe...
Inkuru irimo kuvugwa cyane mu burezi bw’ u Rwanda ni uko bamwe mu banyeshuri bigaga muri Kaminuza y’ u Rwanda mu mashami y’ I Kigali basubijwe kwiga mu mashami yo mu ntara, UR iravuga ko byatewe n’...
Ikipe ya AS Kigali itsinze APR Fc ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona y’u Rwanda,ihita iyobora urutonde, nubwo yarangije uyu mukino isigaranye abakinnyi 10...
Ikipe ya Mukura VS itsinze AS Kigali ibitego 3-2,mu mukino ubanza wa 1/8 w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri stade ya Huye.
Marines FC yatsindiye Pepinieres kuri iki kibuga
Uyu mukino wabaye...
Ikipe ya AS Kigali inganyije na Mukura Victory Sports 0-0, ibura amahirwe yo gukura ikipe ya Kiyovu Sports ku mwanya wa mbere wa shampiyona.
Mu mukino umwe w’umunsi wa 13 wa shampiyona wari...
Mu mukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda wahuje amakipe akomeye Police FC na AS Kigali ku kicukiro,urangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2 mu gihe Kirehe ihagamye Kiyovu Sports...
Bimenyimana Caleb Bonfils wari umaze iminsi avugwa cyane ko ariwe ubuyobozi bwa Rayon Sports bushaka gusimbuza Nshuti Savio wamaze kerekeza mu ikipe ya AS Kigali aguzwe akayabo ka miliyoni 16....
Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyi wa Kigali kuva muri 2010 yasezeye ku mirimo ye.
Kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gashyantare nibwo Perezida wa Njyanama y’...
AS Kigali itangiye igice cya kabiri ya shampiyona ibona amanota 3 nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino w’umunsi wa 16 1-0, ihita inafata umwanya wa gatatu iwambura Police FC.
Igice cya mbere...
Nyuma y’ uko Matabaro Jean Marie Vianney wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umujyi wa Kigali asezeye mu mirimo ye ku mpamvu ze bwite, Eng. Didier Sagashya yatsindiye uyu mwanya mu kizamini...
Perezida w’Icyubahiro wa AS Kigali, Shema Fabrice yatangaje ko mu mikino yo kwishyura ya shampiyona, iyi kipe igomba kwitegwa kuko igiye kongerwamo imbaraga mu rwego rwo kuyisubiza aho...