Umunyamakuru akaba n’Umushakashatsi kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, Tom Ndahiro avuga ko anezezwa cyane no kubona umwana yakuye mu mirambo mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, yarashinze urugo...
APR FC yatsinze Espoir FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona ihita itwara AZAM Rwanda Premier League 2017/2018 n’amanota 66 irusha ikipe ya 2 AS Kigali amanota...
Mu mikino y’umunsi wa 29 ya shampiyona yabaye uyu munsi,ikipe ya Rayon Sports yatsinze Sunrise ibitego 4-0,Diarra yongera kwigaragaza atsinda 3,APR FC yatsinze ibitego 2-0 Gicumbi yiyongerera...
Ikipe ya Rayon Sports itereye ibaba I Rusizi kuko yatsinzwe ibitego 2-0 mu gihe APR FC na AS Kigali zatsinze imikino yazo zikomeza guhanganira igikombe cya shampiyona kibura iminsi mike ngo...
Ikipe ya APR FC yongeye gushimisha abafana bayo, itsinda Miroplast ibitego 2-0 mu gihe Rayon Sports yiyunze n’abafana bayo inyagira Gicumbi FC ibitego 4-0.umutoza Mphande yatsinzwe umukino we wa...
Ibifashijwemo n’abasore bayo bakomoka mu karere ka Rubavu,ikipe ya APR FC y’abakinnyi 10 ikuye amanota 3 kuri Musanze FC yari yayakiriye kuri Stade Ubworoherane mu mukino w’umunsi wa 25 wa...
Ikipe ya AS Kigali na APR FC zatsinze imikino yazo kuri uyu wa Kane, zikomeza kwanikira mukeba wazo Rayon Sports ihugiye mu mikino ya CAF Confederations...
Ubwo ikipe ya Rayon Sports yari ivuye I Huye kunganya na Mukura VS 0-0,umutoza Ivan Minnaert yafatanye mu mashati na Vice President wa Rayon Sports uherutse guhanwa na CAF witwa Muhirwa Prosper...
Ku munota wa 89 nibwo Jimmy Mbaraga yatsindiye AS Kigali igitego cyayihaye intsinzi ndetse gituma itangira gucika amakipe bahanganye bucece arimo APR FC na Rayon...
Diane Gashumba, Minisitiri w’Ubuzima
Muri raporo y’ubugenzi yakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Abakozi ba Leta mu kwezi kwa 10 2017 yagaragaje bumwe mu buriganya bwakozwe bigaragara ko busa...
Ikipe ya Rayon Sports inyagiye Bugesera FC ibitego 5-0 mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona waberaga kuri stade ya Kigali I Nyamirambo aho abasore barimo Ismaila Diarra na Shabani Hussein...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye abakinnyi be ko buri wese agomba kwitegura gukina kubera imikino myinshi iyi kipe ifite mu marushanwa atandukanye.
Mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona wahuje amakipe 2 ya gisirikare, APR FC yanyagiye Marines FC ibitego 5-2,ikomeza gushimangira umwanya wa mbere w’agateganyo wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hakomeza imikino y’umunsi wa 16 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League yari imaze igihe yarasubitswe kubera gahunda yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku...
Abana bavuga ko bavuga ingabo za RPA zabatoraguye mu mirambo n’ ahandi hatandukanye bavuga ko babayeho nabi, aba bana bagera kuri 24 bavuga ko babanje kurererwa mu bigo by’ imfubyi bakajya...
Ku mikino w’umunsi wa 15 wa shampiyona yabaye kuri iki cyumweru, amakipe ari guhatanira igikombe cya shampiyona Rayon sports na Kiyovu abashije kwitwara neza atsinda imikino yayo cyane ko yombi...
Umutoza w’ikipe ya Kiyovu Sports Casa Mbungo Andre yatangaje ko nta gitutu afite cyo gutwara igikombe cya shampiyona uyu mwaka cyane ko ingengo y’imari bafite ntaho ihuriye n’iya amakipe akomeye...
Ikipe ya Police Fc ihagaritse umuvuduko wa Kiyovu Sports iyitsinda ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri stade ya Mumena isanzwe izwi nk’imbehe ya Kiyovu...
Ushinzwe imibereho ya buri munsi y’ikipe ya Bugesera FC Rudasumbwa Eric, yakubise urushyi umukinnyi w’ikipe ya Unity y’I Gasogi witwa Nkubana Marc bahatanaga mu mikino ya 1/16 cy’igikombe...
Kiyovu Sports ikomeje gutera ubwoba abakeba,yisubije umwanya wa mbere kuri iki cyumweru nyuma yo gutsinda Bugesera FC ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri Stade Mumena.
Ibitego bya Mugheni...
Ikipe ya APR FC imaze kunyagira ikipe ya Giticyoni ibitego 4-1 mu mukino ubanza w’igikombe cy’Amahoro wa 1/16 wabereye kuri stade ya Kigali I Nyamirambo mu gihe Kiyovu Sports yo yatsinze Esperance...
Minisitiri w’ ubuhinzi n’ ubworozi Mukeshimana Geraldine na Minisitiri w’ ubutegetsi bw’ Igihugu Francis Kaboneka bemereye abanyamakuru ko hari uduce duto two mu ntara y’ Iburasirazuba twahuye n’...
Kuri iki iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017,nibwo inama ya komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yateranye yemeza ko imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere ku munsi wa...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Ikipe ya Rayon Sports inganyije na Miroplast igitego 1-1mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye ku kibuga cya Mironko mu gihe ikipe ya Kiyovu Sports yongeye gushimangira ubukaka bwayo...
Ikipe ya Miroplast FC yahawe agahimbazamusyi kikubye 3 kugira ngo itsinde ikipe ya Rayon Sports ku mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona utegerejwe uyu munsi. Amakuru agera ku UMURYANGO ni uko iyi...
Mu mukino w’umunsi wa 10 wa Azam Rwanda Premier League Police FC iki ya Police FC yari yakiriyemo Sunrise FC ku Kicukiro, umukino warangiye ikipe ya Sunrise FC ibashije kwicara ku mwanya wa...
Ikipe ya AS Kigali irahura na Kiyovu Sports kuri uyu wa Kabiri mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona idafite abakinnyi 6 igenderaho aho ishaka gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona.
Iyi kipe...