Ku munsi w’ejo nibwo ikipe ya Kiyovu Sports izacakirana n’ikipe ya Rayon Sports ku Mumena aho abakinnyi ba Rayon Sports batangaje ko biteguye kumanura mu cyiciro cya kabiri Kiyovu Sports isabwa...
Nyuma y’aho ku itariki ya 20 Mata Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kirehe ifatiye inka 26 z’umunyatanzaniya witwa Johansen Ernest Kabuzi w’imyaka 43 zari zaribwe zikazanwa mu Rwanda, kuri uyu...
Shampiyona y’ icyiciro cya mbere mu Rwanda AZAM Rwanda Premier League’ irakomeza uyu munsi tariki ya 30 Ukuboza 2016, amakipe 2 ya mbere Rayon Sports na APR FC, araba yagiye gukinira hanze...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 17 Ukuboza 2016, shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda irakomeza. Ni umunsi wayo wa 9, imikino itegerejwe na benshi n’uwo Police igomba kwakiramo Etincelles, naho...
Ibitego bitatu bya Danny Usengimana byahesheje Police FC amanita atatu
Rutahizamu wa Police FC, Danny Usengimana yatsinze yihariye ibitego bitatu ikipe ya Police FC yatsinze ikipe ya Musanze...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Ivan Minnaert aratangaza ko ikimuraje ishinga ari ukongera kwisubiza umwanya wa mbere wa shampiyona, uherutse gufatwa na AS Kigali nyuma yo kwigaranzura APR FC ku...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Akagari ka Rwantonde mu murenge wa Gatore yatawe muri yombi nyuma y’ amakuru yavugaga ko yafungiye abaturage 11 mu kagari...
Umugabo witwa Niyigena utuye mu mudugudu wa Kirehe, Akagali ka Nyabuliba mu murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo yakubise umuhini mu mutwe umusore ashinja ko yari aje kumwiba ahita...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020, nibwo Perezida Kagame yagaragaye ari gusuhuza umuyobozi w’intara y’Iburasirazuba,Fred Mufulukye, akoresheje inkokora ubwo yari I Nasho muri Kirehe mu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 05 Kamena 2020,mu bipimo 1558 byafashwe mu Rwanda, habonetse abanduye Coronavirus bashya 10 bose baturutse mu karere ka Rusizi na Rusumo i...
Uyu munsi tariki ya 07 Nyakanga 2020,mu Rwanda habonetse abarwayi 59 banduye COVID-19.Barimo 49 bo mu kigo kinyurwamo by’igihe gito cya Kigali n’abari mu kato mu karere ka Kicukiro, Rusizi:5,...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Nyakanga 2020, abanduye Coronavirus bashya mu Rwanda ni 38 barimo aba Kigali:18 (itsinda riri mu kato), Nyamasheke:12 (bapimiwe ahagaragaye ubwandu bwinshi),...
Mu masaha ya saa munani y’urukerera rw’uyu wa 17 Nyakanga 2020, umujura w’imyaka 19 y’amavuko witwa Nsengiyumva Abassi yafatiwe mu Mudugudu wa Nyabiyenzi, mu Kagari ka Bukora, Umurenge wa Nyamugari...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 21 Nyakanga 2020,yatangaje ko abanduye Coronavirus mu Rwanda ari 26 barimo ab’I Kigali 24 (bapimiwe mu duce turi kwitabwaho by’umwihariko harimo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 13 Nzeri 2020,mu bipimo 2,722 byafashwe mu Rwanda,habonetse abarwayi bashya 26 barimo aba Kigali 22 (bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi no mu...
Mu gitondo cyo kuri uyu Gatatu tariki ya 23 Nzeri 2020, umugabo witwa Habineza François wo mu murenge wa Gatore ho mu karere ka Kirehe, yishwe atemaguwe n’umugore we wifatanyije n’abakobwa be...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bipimo 1,283 byafashwe kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Nzeri 2020,hagaragaye abantu 12 banduye Covid-19 barimo ababonetse I Kigali:9 na Kirehe:3.Abamaze...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Ukwakira 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 02 barimo uw’I Kigali:1 na Kirehe:1,basanzwemo COVID-19 mu bipimo 2,668 byafashwe, bituma umubare w’abamaze...
Ministeri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu, abapfuye bazize icyo cyorezo ari 7 batumye abapfuye bose hamwe bagera kuri 438.Abahitanwe na Covid-19 n’abagore bane b’imyaka 76 (Musanze), 58...
Ubuyobozi bwa East Gate Hotel ishami rya Ngoma;Kirehe; Gatsibo na Musanze bubicishije kurubuga rw`iyi Hotel buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi n`ubushake ko bwifuza...
Ubuyobozi bwa East Gate Hotel ishami rya Ngoma;Kirehe; Gatsibo na Musanze bubicishije kurubuga rw`iyi Hotel buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi n`ubushake ko bwifuza...