Perezida Donald Trump avuga ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Joe Biden akaba yamubera visi perezida "atujuje ibisabwa" byo kuba visi...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul...
Mpayimana Philippe uhatanira kuyobora u Rwanda, aravuga ko kuba abanyarwanda bishimiye ari intsinzi ikomeye kuri we, ngo no muri 2024 yiteguye kongera kwiyamamaza naramuka adatsinze amatora yo...
Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos umaze imyaka 37 ku butegetsi, ari nawe wa kabiri mu bakuru b’ ibihugu batinze ku butegetsi muri Afurika yatangaje ko atazongera kwiyamamaza mu matora...
Abantu bataramenyekana mu ijoro ryacyeye bateye igisasu cyo mu bwoko bwa ’grenade’ mu kabari (ikirabo) kari ri zone ya Kamenge mujyi wa Bujumbura, kugeza ubu ntiharamenyekana neza umubare w’abo...
Perezida Museveni uri kwiyamamariza kuyobora Uganda ku nshuro ya gatandatu yashimiye abaturage bo mu gace ka Arua bamwakiranye urugwiro ubwo yari agiye kwiyamamariza iwabo bakanamukuburira...
Komisiyo y’Amatora mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,FERWAFA,yemeje kandidature za Rurangirwa Louis na Mugabo Nizeyimana Olivier bombi bahatanira kuyobora iri...
Perezida Paul Kagame yahishuye ko mu 2016, hari abanyamahanga b’ibyamamare baje mu Rwanda, bakamusezeranya ko azahabwa akazi mpuzamahanga naramuka atongeye kwiyamamaza mu 2017.
Umukuru w’Igihugu...
Kuri iki cyumweru, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, yatangiye kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu,kuri sitade Martyrs yari yuzuye abantu mu murwa mukuru...
Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023 nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, bazatanga kandidatire hagati ya tariki ya 5 kugeza tariki ya 14 Kamena 2017....
Umukandida itangazamakuru rigereranya na Trump wa Bresil urimo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Brezil, Jair Bolsonaro, yacumiswe imbugita ubwo yari mu gikorwa cyo...
Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie nyuma yo gutorwa yavuze ko impamvu yiyamamaje ari uko yasanze kuyiyobora bifite...
Mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 Mwiseneza uri mubakobwa bahatanira ikamba ry’uyu mwaka yatangiye kwanikira abakobwa bahataniye iri kamba mu matora yo ku mbuga nkoranyambaga FaceBook, Instagram...
Muri Uganda hategerejwe amatora mu nzego zitandukanye azaba mu mwaka wa 2021, hagati aho hifuzwaga ko mu bakandida bahatanira umwanya wo kuba umukuru w’iki gihugu ntawe ugomba kuba arengereje...
Ishyaka rya Perezida Yoweri Museveni wa Uganda uyu munsi ku wa kabiri ryemeje ko yamaze kwegeranya imikono isabwa ngo arihagararire mu matora y’umukuru...
Umudepite mu nteko ishingamategeko ya Ghana yishwe arashwe mu ijoro ryacyeye kuri uyu wa gatanu ubwo yari asubiye iwe mu rugo avuye kwiyamamaza.
Ekow Quansah Hayford, wari uhagarariye akarere...
Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Miss Mutesi Jolly yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza amwenyura, ahagurutsa amarangamutima ya benshi bamubwira ko akwiye gusubira mu irushanwa nya...