Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu [MINALOC] yatangaje ko mu rwego rwo kurwanya coronavirus hashyizweho amasaha utubari tugomba gufungiraho aho mu Mujyi wa Kigali n’indi Mijyi yo mu turere tuzajya...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu [MINALOC] yatangaje ko kuva mu mwaka utaha,serivisi yo gufotora abanyarwanda bashaka amarangamuntu izajya itangirwa ku...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu[MINALOC] yaraye ishyize hanze itangazo ryamagana abayobozi bo mu nzego za Leta cyangwa izigenga bategura inama zurudaca mu gitondo bikabangamira imirimo...
Itangazo ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 27 Nzeri 2021 na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu [MINALOC] ritegeka ko abategura ibirori bibera mu ngo bagomba kubanza kumenyesha mu nyandiko...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje amabwiriza yihariye yo gukumira icyorezo cya Covid-19 mu turere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara.
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko abashaka kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu umwaka utaha wa 2017, bazatanga kandidatire hagati ya tariki ya 5 kugeza tariki ya 14 Kamena 2017....
Mu gihe ku munsi w’umuganda usoza ukwezi nta ngendo zari zemewe gukorwa mu masaha yawo, kuri iyi nshuro MINALOC yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu, abanyeshuri bemerewe kugenda ndetse ibinyabiziga...
Hari Minisiteri zikurikirana ibikorwa byazo kugeza hasi ku muturage. Ariko hari igice cy’imirimo ya zimwe muri Minisiteri gikorwa na Minaloc! Mu kiganiro Akarayifumbwe
twibajije mu gihe Mineduc...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yashyizeho amabwiriza avuguruye agenga ibirori bibera mu ngo zo mu Ntara nyuma y’ayashyiriweho umujyi wa Kigali
MINALOC yavuze ko imihango y’ubukwe harimo...
Ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC), yatangaje ko mu mwaka w’ ingengo y’ imari 2018/19 izatera inkunga abafite ubumuga ihereye ku bari mu cyiciro cya mbere bangana n’ibihumbi...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) yatangaje ko ku matariki ya 30 na 31 Ukuboza 2017 nta muganda rusange uzakorwa nk’uko byari bisanzwe mu matariki asoza ukwezi.
Ibinyujije mu...
Kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakuye Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuza Musabyimana Jean Claude.
Minisitiri Musabyimana...
Imirenge 10 yo mu turere dutandukanye tw’Igihugu yakomeje gahunda ya Guma mu rugo izagera tariki 31 Kanama 2021.
Ni mu gihe indi mirenge 40 yakuwemo ikaba yubahiriza amabwiriza mashya nk’uko...