None kuwa kabiri, tariki ya 12 Nzeri 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Ku bufatanye bw’Akarere ka Nyanza, MINEDUC ndetse n’Itorero ry’Igihugu hateguwe Itorero ry’iminsi 5 ku banyeshuri bayobora abandi mu mashuri yisumbuye yo mu Karere ka Nyanza ku bigo bicumbikira...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Ugushyingo 2017 bamwe mu banyeshuri 400 biga baba mu kigo cya Lycee de Kigali bigaragambije babaza ubuyobozi bw’ ikigo impamvu butakibagaburira inyama...
Ndayisabye Jean Paul utuye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo, tariki ya 1 Mutarama 2021 yandikiye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame atabariza abana b’incuke n’abo mu cyiciro cya mbere...
Abagize Biro Politiki y’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI) bemeje ko Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC yirukanwa burundu muri iri shyaka kuko basanga amakosa...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yatangaje ko amashuri yose (harimo n’ay’i Kigali yari amaze umwaka wose afunzwe), azatangira amasomo ku wa kabiri tariki 23 Gashyantare...
Minisiteri y’Uburezi yayoboye igikorwa cyo gufasha abanyeshuri biga mu Majyepfo n’Umujyi wa Kigalibari kugera mu miryango yabo nta kiguzi mu rwego rwo gukumira ikwirakwira rya...
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Guhera tariki 20 kugeza tariki 26 Kamena 2022, amashuri yo muri Kigali azaba afunze. MINEDUC ivuga ko biri mu rwego rwo koroshya ingendo mu Mujyi wa Kigali mu gihe hazaba habera inama ya...
Dr Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw, nyuma yo guhamwa n’ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha...
Mu myaka hafi ibiri Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) imaze isezeranye na Leta kwishyuza abigiye ku nguzanyo ya buruse mu mashuri Makuru na Kaminuza, yatangaje ko imaze kugaruza Miliyari 5.1...
Ibigo by’ amashuri yisumbuye 57 Leta y’ u Rwanda iherutse guhagarika by’ agateganyo bizira ko bitujuje ibisabwa kuri ubu byemerewe kongera kwakira abanyeshuri no gukomeza...
Minisiteri y’ Uburezi MINEDUC yahagaritse amashami atatu muri atanu yigishirizwaga muri Kaminuza ya Gitwe iherere mu karere ka Ruhango.
Ayo mashami yahagaritse ni “Bachelor of Medicine &...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubuvuzi (RBC), Julien M. Niyingabira, yatangaje ko hari abantu 200 bavuga ko barangije mu buvuzi ariko batarahabwa akazi kubera...