Mu ibaruwa yo ku italiki 5/11/2018 Komisiyo y’abakozi ba Leta yandikiye Minisante yayisabye gutanga ibihano bitenganwa n’amategeko ku bihano bihabwa abakozi ba Leta bakoze amakosa anyuranye...
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), iratangaza ko mu mwaka wa 2030 nta murwayi wa Sida uzaba ukigaragara ku butaka bw’u Rwanda, bitewe n’uko abafite ubwo bwandu bafata imiti...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha...
Diane Gashumba, Minisitiri w’Ubuzima
Muri raporo y’ubugenzi yakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Abakozi ba Leta mu kwezi kwa 10 2017 yagaragaje bumwe mu buriganya bwakozwe bigaragara ko busa...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Yvan Butera, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukobwa bamaze igihe mu rukundo, ndetse mu minsi mike baritegura guhamya umubano wabo imbere...
Hari bamwe mu baturage bafite ubwishingizi mu kwivuza, bavuga ko babangamiwe n’uko hari imwe mu miti bandikirwa na muganga ariko bajya muri farumasi ntibayihabwe kuko ngo itishingiwe, bagahabwa...
Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko yamaze gushyiraho uburyo bwo korohereza abakozi bo kwa muganga kugera ku kazi kimwe n’abarwayi kugera aho bivuriza nyuma yaho serivisi zo gutwara abantu mu buryo...
Dr Anita Asiimwe wigeze kuba umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ ubuzima ashinzwe ubuvuzi rusange n’ ubuvuzi bw’ ibanze yagizwe umuhuzabikorwa wa Gahunda y’ igihugu yo kwita ku mikurire y’...
Kuri uyu wa Mbere, u Rwanda rwakiriye ibikoresho bizakoreshwa mu kubaka uruganda rw’inkingo n’imiti biturutse mu Budage.
Mu masaha y’igicamunsi ni bwo icyiciro cya mbere cy’imashini z’urwo ruganda...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko bari gukora ibishoboboka byose ngo indwara ya Ebola itinjira mu Rwanda.
Ebola ikomeje...