Myugariro Virgil Van Dijk w’ikipe ya Liverpool yatangaje ko nubwo Karius yatanze ibitego ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League baheruka gutsindwamo na Real Madrid ibitego 3-1,ngo...
Dogiteri Denis Mukwege wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa Gatanu yatsindiye igihembo cy’ Amahoro cyitiriwe Nobel cya 2018 abaye Umunyafurika wa 11 utsindiye iki...
Perezida wa Uganda yagaragagaje ko ataramenya neza niba ibibazo by’ umutekano muke biri mu gihugu cye hari igihugu cy’ igituranyi cyibyihishe inyuma avuga nibimenyekana iki kibazo...
Perezida Kagame, akaba n’Umukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yageze i Nouakchott ho muri Repubulika ya Kiyisilamu ya Mauritania aho azayobora Inama ya 31 Isanzwe y’Ihuriro ry’Abakuru...
Zimbabwe’s President Emmerson Mnangagwa said he survived an attempt on his life after a blast at a party rally Saturday, while one of his vice-presidents and several other party officials were...
Umupadiri gatolika wo muri Sierra Leone ifoto yifotoranyije na nyina w’ umuhezaguni mu idini ya islam irimo gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga nubwo mu bisanzwe bidatangaje ko umwana yifotoranya...
At 41, the youngest head of government in Africa, he has logged a lot of frequent flyer miles already, visiting countries in the neighbourhood, and at home he’s been all over on a charm offensive....
Ikipe y’igihugu ya Senegal yakuye igisuzuguriro ku mugabane w’Afurika mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kuko yatsinze ikipe ya Pologne ibitego 2-1, mu mukino wo mu itsinda H,mu gihe Misiri yo ibaye...
Presidents of Cameroon and Somalia have made official comments on the occasion of World Press Freedom Day. Both leaders used their social media handles to make their views...
Umuyobozi mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) Ushinzwe Imitwe ya Politiki n’Imiryango Itari iya Leta, Justus Kangwagye, yavuze ko mu myaka ya 1980 Abanyarwanda baririmbaga amahoro n’ iterambere...
Abakinnyi b’ikipe ya Manchester City nibo biganje mu ikipe y’umwaka mu Bwongereza,nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona hasigaye imikino 5 yose ngo shampiyona irangire aho ifitemo abakinnyi 5...
Ibitego 3-0 byo mu gice cya mbere,nibyo Liverpool inyagiye Manchester City mu mukino ubanza wa ¼ cya UEFA Champions League mu gihe FC Barcelona inyagiye AS Roma ibitego 4-1.
Mohamed Salah...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hakomeza imikino ibanza ya ¼ cya UEFA Champions League aho mu mukino wiswe uw’agapingane k’abatoza,ikipe ya Liverpool irakira Manchester City ku kibuga Anfield mu gihe FC...
Umutoza w’ikipe ya Liverpool Jurgen Klopp yatangaje ko yababajwe n’imisifurire mibi yaranze umukino wamuhuje na Tottenham ku munsi w’ejo bakanganya ibitego 2-2, ubwo yatsinzwe penaliti ku munota wa...
Areruya Joseph atumye ibendera ry’u Rwanda rizamuka nyuma yo kwitwara neza mu gace ka nyuma ka La Tropicale Amissa Bongo kegukanwe n’umutaliyani witwa Luca Pacioni ukinira Willier Sellelta. Nubwo...
Ikipe ya Liverpool FC ikoze ibyanananiye andi makipe yose yo mu Bwongereza,itsinda Manchester City yari imaze imikino 22 muri Premier League ahoyayitsinze ibitego 4-3.
Nyuma y’ighe kinini...
Rutahizamu Biramahire Abeddy niwe watsinze igitego cya kabiri cyahaye u Rwanda intsinzi mu mukino wa nyuma wo mu matsinda u Rwanda rwatsinze Tanzania ibitego 2-1. Nubwo u Rwanda rwatsinze uyu...
Bizimana Djihad yagiriye akabazo k’imvune mu myitozo yo ku munsi w’ejo aho bishobora gutuma atagaragara ku mukino ubanza Amavubi azakina na Ethiopia ku cyumweru taliki ya 05 Ugushyingo 2017....
Umukinnyi Ismaila Diarra ntari ku rutonde FERWAFA imaze gushyira hanze rw’abakinnyi amakipe yo mu Rwanda azakoresha mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League 2017-2018.
Uyu...
Ubuyobozi bwa Somali bwatangaje ko abaturage bagera ku icumi bishwe undi umwe arakomereka mu gitondo cyo kuri u yu wa gatanu tariki ya 25 Kamanea 2018, mu gitero cyakozwe n’abantu bitwaje...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Ku mukino wa gicuti wahuzaga Rayon Sports na Azam FC wateguwe mu rwego rwo gushyikiriza Rayon Sports igikombe cya shampiyona y’uyu mwaka w’imikino urangiye Rayon Sports inyagiye Azam FC 4-2 ibintu...
Ubuyobozi bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda buvuga ko buzi neza ko Abanyarwanda 5 b’urubyiruko rw’Abayisilamu bari mu bikorwa by’iterabwoba hirya no hino ku isi.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa...
Abantu 44 nibo bamaze gutangazwa ko basize ubuzima mu mpanuka ya gariyamoshi ebyiri zagonganye kuri uyu wa gatanu zigahita zifatwa n’inkongi y’umuriro mu majyaruguru y’igihugu cya Irani.
Uretse...
Ibaruwa umukinnyi w’ ikirangirire mu iteramakofi Mohammed Ali yandikiye Nyakwigendera Nelson Mandela yagurishijwe ibihumbi 7.200 by’ama Pawundi (arenga 7.200.000 mu manyarwanda).
Iyi baruwa...