Ikipe ya Liverpool yatunguye benshi ubwo yasangaga Bayern Munich iwayo iyitsinda ibitego 3-1 mu gihe FC Barcelona yandagaje bikomeye ikipe ya Lyon iyitsinze ibitego 5-1.Aya makipe yose yakinaga...
Mukura VS yari yarananiranye muri shampiyona ya AZAM Rwanda Premier League, yatsinzwe bwa mbere na Police FC ibitego 3-2,mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona utarabereye igihe, wabereye kuri...
Martin Fayulu watsinzwe amatora muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo na Felix Tshisekedi yatangaje ko agiye kujuririra ibyavuye mu matora mu rukiko rurinda itegeko nshinga kuko yatsinze...
Amakipe 2 yo mu Bwongereza,Liverpool na Tottenham Hotspurs yari yitezwe cyane mu mikino ya nyuma y’amatsinda ya UEFA Champions League 2018/2019,kuko gutsinda gusa imikino ya nyuma bitari bihagije...
Umunyamakuru Jamal Khashoggi uherutse kwicirwa muri ambasade ya Arabia Saoudite, mbere gato y’ uko ashiramo umwuka yaravuze ati "I can’t breathe, Ntabwo ndi kubasha...
Ikipe ya Chelsea ibashije guhagarika Manchester City yari igeze ku munsi wa 16 aho yayitsinze ibitego 2-0 mu mukino wari uryoheye ijisho wabereye ku kibuga Stanford...
Mu makuru yasohotse muri iki gitondo,Taliki ya 11 Ugushyingo 2018, ni uko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi batari mu bakinnyi 3 bazatorwamo uwegukana Ballon d’Or y’uyu mwaka izatangwa mu kwezi...
Myugariro wa Real Madrid,Sergio Ranos yongeye kwibasirwa n’abakunzi ba ruhago kubera inkokora mbi cyane yakubise mu maso umukinnyi wa Victoria Plzen witwa Milan Havel bikamuviramo kuva amaraso...
According to the recording, Kayihura asked Muhangi: “Is Andrew Felix Kaweesi dead?” and Muhangi allegedly answered: “Oh yes, yes”. Kayihura then reportedly stated: “It is done. Thank you very...
Hatice Cengiz, umukunzi w’umunyamakuru Jamal Khashoggi wo muri Arabie Saoudite wishwe, avuga ko yanze kwitabira inama yari yatumiwemo n’ibiro bya White House bya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze...
Ibiro ntaramakuru by’ Abafaransa AFP byatangaje ko Perezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba ari mu bitaro mu gihugu cya Arabia Saoudite aho yari yagiye yitabiriye inama yiga ku...
Umusore witwa Dennis Lewa wahoze ari kapiteni wa Thika United ikina mu cyiciro cya mbere muri Kenya,n’umwe mu bantu 56 bapfiriye muri bisi yakoze impanuka mu gace ka Kericho mu gitondo cyo ku...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yasezeranyije "kugera ku muzi" w’ikibazo kijyanye n’umunyamakuru Jamal Khashoggi wo muri Arabie Saoudite waburiwe...
Urwego rw’ubutasi bwa Gisirikare muri Uganda rutangaza ko Umunyarwanda, Bashir Hamad Mugisha ari mu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’uwari Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka...
Rutahizamu Neymar Jr ukinira ikipe ya PSG yikuye mu bakinnyi batatu abona bakwiriye kuvamo uwegukana igihembo cya Ballon d’or gitangwa na France Football,aho yavuze ko Ronaldo, Messi na...
Umunya Croatia Luka Modric yubitse ubwami bwa Cristiano Ronaldo na Messi bari bamaze imyaka 10 bayoboye isi muri ruhago,abatwara igikombe cy’umukinnyi mwiza ku isi mu mwaka wa...
Ba rutahizamu bamaze imyaka 10 bayoboye isi Cristiano Ronaldo na Lionel Messi batangaje ko batari bwitabire ibirori ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryateguye byo guhemba umukinnyi...
Rutahizamu Lionel Messi wa FC Barcelona yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago ubwo yatangazaga ko azitabira umuhango wo guhemba umukinnyi witwaye neza ku isi mu mwaka w’imikino ushize nubwo atari...
Gen Kale Kayihura wahoze ari Umuyobozi wa Polisi Mukuru wa Polisi ya Uganda atewe ubwoba bw’ ubuzima bwe byatangajwe n’ umuryango kuri uyu wa Gatatu ngo hari n’ urutonde rw’ abagomba kwicwa...
Kapiteni wa Real Madrid Sergio Ramos yavuze ko azishima cyane nabona Luka Modric yegukanye igikombe cya FIFA The Best yigaranzuye Cristiano Ronaldo bahoze bakinana ari...