Urubyiruko rwo mu Mujyi wa Goma rubarizwa mu ishyaka rya Union Pour la Democratie et le Progres Social, UDPS riri ku butegetsi rwatangaje ko kuri uyu wa mbere tariki 25 Nyakanga 2022 hari...
Abaturage batatu bapfuye mu gitero cyibasiye uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU kuwa kabiri nimugoroba ahitwa Munigi muri 7Km mu majyaruguru uvuye i Goma.
Ingabo za MONUSCO zatangaje ko aba...
Amashusho yakwirakwijwe n’abo mu mitwe ya Wazalendo yanengaga ingabo za MONUSCO zarebereye inyeshyamba za M23,ubwo abo barwanyi banyuraga ku cyicaro cyayo batonze umurongo,ntibarase kandi mu minsi...
Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo muri Kivu ya Ruguru yatangaje ko barindwi (7) mu bo mu ngabo za MONUSCO bari mu birindiro byabo i Sake bakomerekejwe n’ibisasu by’inyeshyamba za...
Abaturage bo mu gace ka Beni mu burasirazuba bwa DR Congo baramukiye mu myigaragambyo bamagana ubutegetsi n’ingabo za ONU ziri muri aka gace ko badashoboye kubarinda ubwicanyi bari gukorerwa...
Imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kwamagana u Rwanda, ubu abaturage badukiriye Monusco, bavuga ko ntacyo ibamariye kuva yagera muri...
Abasirikare ba Ukraine bari mu butumwa bwa ONU bwo kugarura amahoro muri DR Congo babuvuyemo barataha ku busabe bwa leta yabo, nk’uko bitangazwa na MONUSCSO.
Umunya-Bresil General Marcos Da...
Amakuru atandukanye aremeza ko mu ijoro ryo kuwa kabiri nibura imodoka imwe y’ingabo za ONU muri DR Congo yatwitswe n’abaturage i Kanyaruchinya mu ntera ya kilometero zitarenze 10 mu majyaruguru...
Kuri uyu wa Gatanu M23 yasohoye itangazo yamagana iperereza ryakozwe na Monusco,rishinja uyu uwo mutwe kwica abaturage mu gace ka Kishishe gaherereye i Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru.
Kuwa...
Ingabo za Leta ya Congo FADC na MONUSCO biyemeje gukora iyo bwabaga ngo bahashye imitwe y’inyeshyamba ibarizwa mu burasirazuba bwa Congo, ikomeje kubica bigacika muri aka gace.
Ibi byabereye mu...
i Goma kuri uyu wa Gatatu habaye imyigaragambyo y’abaturage bamagana ubufatanye bwa FARDC na MONUSCO, aho bongeye gusaba izi ngabo za Loni kuva muri Congo ahubwo bagahamagarira FARDC kuva mu byo...
Ku wa gatanu, tariki ya 9 Gashyantare, MONUSCO, yemeje ko yiyemeje gushyigikira FARDC mu kurinda umujyi wa Sake (Masisi) n’umujyi wa Goma kurwanya umutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi...
Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) mu butumwa bw’icyumweru yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda...
Amakuru aturuka muri Congo ,mu ngabo za MONUSCO aravuga ko undi musirikare wazo yishwe n’ishyemba mu gitero cyagabwe mu ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Congo.
Ibi bikurikiye abasirikare...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya ku wa Kane tariki 28 Nyakanga yatangaje ko igihugu cye kigomba kongera imbaraga mu mikoranire yacyo n’ingabo...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abaturage bongeye gukora imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za ONU mu mujyi wa Beni, mu ntara ya Kivu ya Ruguru.
Imyigaragambyo yaganaga ku kicaro cya...
Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya yavuze ko hatangiye ibiganiro bigamije gusuzuma ibimaze iminsi bisabwa n’Abanye-Congo ko Ingabo za Monusco zasubira iwabo kuko ntacyo zabamariye mu...
Perezida wa RDC,Felix Tshisekedi nawe yemeje ko kuva Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zaremeye ko zitagishoboye...
Perezida wa Republika ya Demokrasi ya Congo, Felix Tshisekedi,yanenze ingabo za MONUSCO zimaze imyaka irenga 20 muri icyo gihugu, "ariko zikaba zarananiwe kugarura amahoro mu burasirazuba bw’icyo...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’abibumbye Antonio yatangaje ko adashyigikiye abifuza kugabanya abasirikare ba ONU bari muri Republika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Inama ya ONU ishinzwe...
Ingabo za ONU muri Repubulika ya demokarasi ya Congo - MONUSCO zirahakana ibiherutse gutangazwa n’u Rwanda ruzishinja gukorana n’umutwe wa FDLR mu ntambara ingabo za leta ya Congo zirwana n’umutwe...
Abantu benshi babonetse mu myigaragambyo mu mujyi wa Goma bamagana ingabo za ONU ziri muri DR Congo abandi banaboneka bangiza kandi basahura ibiro byayo.
Iyi myigaragambyo yavuzweho mu mpera...