Abarimo Bruce Melodie, Ishimwe Dieudonné [Prince Kid], Mukansanga Salima, Rusine Patrick , Mutesi Scovia na Mugisha Moise bari mu bahataniye ibihembo bya The Choice Awards bigiye gutangwa ku...
Producer Julien Bmjizzo uri mu bagezweho mu gutunganya imiziki y’abahanzi Nyarwanda batuye i Burayi yambitse impeta umukunzi akaba n’umunyarwenya Sugira Florance bari bamaranye igihe mu munyenga...
Perezida Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Singapore, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 2 Ukwakira 2022, yahuye n’umuyobozi mukuru wa Formula One Group, Stefano Domenicali.
Perezida...
Umuhanzi Nyarwanda umaze kwigarurira imitima ya benshi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yageze mu Rwanda aho aje mu gitaramo cya Rwanda Rebirth yambikwa ikamba ahishura ko akumbuye Miss...
Umusore n’umukunzi we bashatse kwifotoza yiganye Jack na Rose bo muri filime ya Titanic birangira bombi bahanutse bagwa mu mazi ahasiga ubuzima.
Aba bombi bari mu bwato bwitwa Izmit Marina mu...
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 9 Gashyantare 2022 umuhanzi Jules Sentore na Jack B bageze Dubai muri Reta zunze ubumwe z’Abarabu aho bagiye kwifatanya na Christoher,Dj Tozzyk bagezeyo mu muhango wo...
Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
Umuhanzi Bruce Melodie uherutse gukora igitaramo cyo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 amaze mu muziki, hasakaye amashusho ye ku mbuga nkoranyambaga yakoze ubukwe , benshi bavuga ko ari amafoto...
Umubiligi Romelu Lukaku yamaze kugaruka mu ikipe ya Chelsea nyuma y’imyaka 7 ayivuyemo nabi nyuma yo kutumvikana na Jose Mourinho wayitozaga utaramubonye nk’umukinnyi...
Gushwana birakomeje hagati ya Aristide Gahunzire wasubije Bad Rama wahoze ari shebuja muri The Mane Music, ko mu gihe bamaze bakorana atari mu igeregezwa kuko atashoboraga kumugerageza kandi...
Umuhanzikazi Mugemana Yvonne wamamaye nka Queen Cha na Aristide Gahunzire wari umujyanama w’abahanzi muri The Mane Music Label basezeye muri iyi nzu ifasha...
Hashize iminsi humvikanye amajwi ya Bruce Melodie avuga ko abantu badakwiye kumugereranya na The Ben ndetse na Meddy kuberako abo bose nta numwe uri ku rwego...
Ikipe ya Chelsea yamaze gutangaza ko Umudage Thomas Tuchel waherukaga kwirukanwa na PSG ariwe mutoza wayo mushya ugomba gusimbura Frank Lampard wirukanwe ku munsi w’ejo azize umusaruro...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Chelsea bwamaze gutangaza ko bwirukanye umutoza Frank Lampard wari umaze umwaka urenga ari umutoza w’ikipe kubera ahanini umusaruro muke ndetse ngo ntiyagaragazaga ko ashobora...
Ikipe ya Chelsea FC yaraye itangaje ko isinyishije Umudage witwa Kai Havertz wakiniraga ikipe ya Bayer Leverkusen ku kayabo ka miliyoni 89 z’amapawundi.
Ikipe ya Chelsea yamaze gutangaza ko yamaze gusinyisha myugariro w’umunya Brazil wakiniraga ikipe ya PSG witwa Thiago Silva uje kuyifasha kongera imbaraga mu bwugarizi bwayo bwitwaye nabi mu mwaka...
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’ibumoso, Ben Chilwell wakiniraga Leicester City yamaze kwerekeza mu ikipe ya Chelsea kuri miliyoni 50 z’amapawundi,aba umukinnyi wa 3 iyi kipe yo mu mujyi wa London...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard,yahawe akayabo ka miliyoni 150 z’amapawundi n’umuherwe wa Chelsea,Roman Abramovic, zo kugura abakinnyi 3 bakomeye kandi akeneye barimo Ben Chilwell, Kai Havertz na...
Ku itariki 20 Nyakanga 2020 umuhanzi Bruce Melody yashyize hanze indirimbo ye yise Saa Moya, gusa iyi ndirimbo abantu bakomeje kuyitangarira kubera amagambo aca amarenga ku busambanyi ayirimo,...
Ikipe ya Chelsea yatangaje ko yasinyishije rutahizamu Timo Werner ku mugaragaro itanze akayabo ka miliyoni 53 z’amapawundi ndetse uyu musore yamaze gukora ikizamini...
Umutoza Mikel Arteta w’ikipe ya Arsenal,yapimwe asanganwa icyorezo kibi cyane gihangayikishije isi cya COVID-19 giterwa n’agakoko kabaye icyamamare ka Coronavirus we n’umukinnyi wa Chelsea ukina...
Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru tariki 4 Werurwe 2020 nibwo Shyaka Olivier uzwi nka Producer HolyBeat ukora mu nzu itunganya umuziki ya The Mane yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha...