Leta Zunze Ubumwe za Amerika zageze ku bantu 40,565 bamaze kwicwa n’icyorezo cya Coronavirus, nyuma y’aho mu masaha 24 ashize abantu 1561 bishwe na yo.
Intare zo muri Afurika y’Epfo muri pariki ya Kruger zimaze kumenya ko abantu bose bategetswe ku guma mu rugo zavuye mu bwihisho bwazo ziza kwiryamira mu mihanda itagikoreshwa...
Jack Ma yatangaje ko agiye guha ibihugu byose byo muri Afrika udupfukamunwa, amakoti ndetse n’utumashini dupima icyorezo cya COVID-19. Ibi yabivuze kuri Wambere yemeza ko bizahashya iki...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje amabwiriza mashya ku ngendo hagati ya Amerika n’uburayi mu rwego rwo kurwanya icyorezo cya coronavirus.
Mu ijambo ryaciye kuri...
Amakuru ava mu binyamakuru bitandukanye aravuga ko Umunyakenyakazi Tanasha Donna yamaze gutandukana n’icyamamare Diamond Platnumz bari bamaze imyaka 2 bakundana urukundo...
Amavubi y’u Rwanda yisanze mu itsinda E mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mwaka wa 2022 aho ari kumwe na Mali,Uganda na...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yamaze kwisubiraho ivuga ko igikombe cya Afurika cyari cyimuriwe mu mpeshyi kizagaruka mu kwezi kwa mbere mu mwaka utaha kubera ko ngo...
Umunya Senegal Sadio Mane w’imyaka 27 yaraye atorewe kuba umukinnyi wahize abandi muri Afurika mu mwaka wa 2019 ahigitse Mohamed Salah na Riyad Mahrez bari...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 18 Ugushyingo 2019, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze i Berlin mu Budage, aho yitabiriye inama y’ishoramari izwi nka Compact with Africa (CwA), ihuza bimwe mu...
Umukinnyi w’umunya Senegal ukinira ikipe ya Liverpool avuga ko yabaye umunyamahirwe kuba akinana n’abakinnyi n’umutoza baturuka mu bihugu bitandukanye, banavuga indimi zitandukanye ariko bakaba...
Abakinnyi 22 b’ikipe yigihugu Amavubi bahagurutse i Kigali mu rukerera rwo kuwa mbere bamaze kugera i Maputo aho baza guhurira n’umukinnyi Bizimana Djihad ukina mu Bubiligi hanyuma bakuzura 23...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’igihugu, yunamiye ndetse ashima nyakwigendera Brigadier General (Rtd) Andrew Rwigamba watabarutse ku wa kane tariki 17 Ukwakira...
Perezida w’Uburusiya yatumiye abayobozi benshi ba Afurika barimo na Nyakubahwa perezida Kagame mu nama y’iminsi ibiri igiye kubahuriza mu mujyi wa Sochi, kuva uyu munsi mu rwego rwo gushimangira...