Uwahoze ari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ingabo ndetse wanabaye Umuyobozi wa Polisi y’u rwanda, Gen Andrew Rwigamba,yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye...
Abanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema...
Uwahoze ari umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger yavuze ko Mohamed Salah afite byinshi ahuriyeho na Lionel Messi gusa afite ingeso mbi yo gushaka kwiharira umupira no kumva ko yatsinda ibitego...
Ba rutahizamu babiri bakomeye ba Liverpool, barimo Sadio Mane na Mohamed Salah bari bagiye kurwanira ku mukino wabahuje na Bunley bakayitsinda ibitego 3-0 aho uyu munya Senegal yababajwe bikomeye...
Papa Francis yanze gucumbikirwa muri hoteli ihenze ubwo azaba ari mu rugendo rw’iminsi itatu muri Mozambique mu kwezi gutaha kwa cyenda, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Domingo cyo muri iki...
Muri iki gihe, hari abagore bakunze kwambara imiringa cyangwa imikufi ku bice bitandukanye by’imibiri yabo, aho usanga hari iyambarwa mu ijosi, ku mazuru, ku matwi, ku maboko, ku mukondo, mu...
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika byatumiwe mu nama izahuza abakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi (G7) iteganyijwe kubera mu mujyi wa Biarritz mu Bufaransa mu mpera z’uku...
Umuyobozi wa Basketball Africa League, Amadou Gallo Fall yatangaje ko Umujyi wa Kigali ari wo uzakira imikino ya nyuma y’irushanwa rihuza amakipe 12 yo muri Afurika rizaba kuba ku nshuro ya mbere...
Perezida wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yatangaje ko mu bakinnyi 4 baherutse kumucika bakerekeza muri APR FC uwamubabaje cyane ari myugariro Mutsinzi Ange kuko ngo abona ariwe myugariro wa...
Ikipe y’igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rya F hamwe na Cameroun, u Rwanda Cap Vert na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2021 kizabera muri...
Perezida wa Repubulika, ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo ya 111, kuri uyu wa 15 Nyakanga 2019, Perezida Paul...
Umutoza wa Gor Mahia, Oktay Hassan ukomoka mu gihugu cya Turkia yatangaje ko ikipe ye yakwifuza gutunga rutahizamu wa Rayon Sports Jules Ulimwengu umaze gutsinda ibitego 30 mu mikino 32 yakinnye...
Amakipe y’ibigugu Senegal na Nigeria niyo yabimbiriye aya ndi kugera muri ½ cy’irangiza mu mikino y’igikombe cya Afurika nyuma yo gusezerera Benin na Afurika y’Epfo zari zakoze ibitangaza zigasezerera...
Ikinyamakuru cyo muri Madagascar cyitwa La Gazette de la grande iIe kigiye kujyanwa mu nkiko n’Umunya Politike Moise Katumbi kubera ko cyatangaje ko uyu muherwe yahaye ruswa umunyezamu wa Zimbabwe...
Ikipe ya Benin yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Africa ubwo yasezereraga Maroc kuri Penaliti 4-1 mu gihe Senegal yahagaritse Uganda yari ifite inzozi zo kugera kure hashoboka mu...
Tanzania yatsinzwe ibitego 2-0 na Senegal mu mukino yakozemo amakosa menshi cyane ndetse ntiyigeze ibasha gutera mu izamu n’inshuro n’imwe mu minota 90 y’umukino.
Ikipe ya Uganda yeretse abakunzi ba ruhago koi maze gukura cyane mu mikinire kuko yegereye ikigugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya kongo igitsinda ibitego 2-0 mu gihe Uburundi bwagerageje...
Rwarutabura umufana ukomeye wa Rayon Sports yahamije ko umugore we nawe ari umufana w’iyi kipe ngo nawe yambara ikariso y’ubururu n’umweru ngo bitagenze gutyo bahana...
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye gahunda yo kwiyubaka aho nyuma yo kwirukana abakongomani yari imaze iminsi ikoresha isuzuma,yiteguye kwakira rutahizamu ukomeye witwa Frederick Boateng wakinnye mu...
Umuhanuzi ukomeye mu Burundi witwa Kayihura Modeste wari uzwi ku izina rya “Prophète Modeste” wirukanwe ku butaka bw’Uburundi ashinjwa ko ari umunyarwanda, yafunzwe nyuma yo gutabwa ku mupaka...
Havutse umwuka mubi mu Bayisilamu n’Abakirisito mu Burundi, ku byerekeye gushyingura umurambo wa Papy Faty uherutse gupfira mu kibuga mu minsi ishize ubwo yakiniraga ikipe ye yo mui Swaziland,...