Uwahoze akina hagati mu kibuga John Obi Mikel wahoze ari kapiteni wa Super Eagles, yatangaje uburyo yatinyaga umutoza Jose Mourinho mu gihe yari muri Chelsea.
Mikel wasezeye mu mupira w’amaguru...
Ikipe ya GASOGI Utd yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yatandukanye n’umutoza wayo ukomoka mu Misiri Ahmed Adel n’umwungiriza we Ibrahim Bahaaeldin kubera umusaruro utari mwiza.
Gasogi United yari...
Muhire Jean Claude washakanye na Uwera Marie Reine yahishuye ibyishimo aterwa no kuba yarashakanye n’umuntu wamufashije mu bihe byari bigoye ikirenze akamubera umugore ubu bakaba baramaze...
Umutwe wa M23 ukomeje gusatira Umujyi wa Goma,umurwa mukuru wa Kivu ya Ruguru ndetse imirwano ikomeye hagati yawo na FARDC ngo yakomeje no kuri iki cyumweru.
Umunyamakuru wa Radio TV10,Oswald...
Umunyarwandakazi Salima Mukansanga azaba ari umusifuzi wa 4 mu mukino w’Igikombe cy’Isi wo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Ugushyingo 2022,ubwo Ubufaransa buraba buhanganye na Australia.
Uyu mukino...
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima uri mu bagore 3 bari gusifura igikombe cy’isi cy’abagabo muri Qatar azaba ari umusifuzi wa Kane mu mukino Ubufaransa buzakina na Tunisia kuri uyu wa 30 Ukuboza...
Urutonde rw’ibihugu bifite igisirikare gikomeye rwakozwe n’ikigo cyo muri USA, Global FirePower rugaragaza ko igisirikare cya RDC ari icya 8 muri Africa n’iya 72 ku isi nubwo kimaze iminsi gikwira...
Umukinnyi mushya wa Rayon Sports, Joackiam Ojera, yasesekaye i Kigali mu ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2023, yizeza abafana b’iyi kipe gutwarana na bo ibikombe.
Uyu Munya-Uganda Rayon Sports...
Ikipe ya Real Madrid yatsinze Al-Hilal ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’amakipe wabonetsemo ibitego umunani,i Rabat muri Maroc.
Ibi byatumye yegukana iki gikombe ku nshuro ya gatanu,ikomeza...
Kizigenza mu mupira w’amaguru,Lionel Messi ukinira Paris Saint-Germain ntiyigeze aha ijwi na rimwe mugenzi we bakinana Kylian Mbappe kuko yatoye inshuti ye Neymar na Karim Benzema mu bihembo...
Ikipe ya Liverpool yanyagiye bikabije Man United ibitego 7-0 bituma isatira umwanya wa kane wa shampiyona yifuza cyane muri uyu mwaka w’imikino.
Ibi Liverpool yabigezeho ibifashijwemo na...
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 49 muri Mata azabikorera i Kigali kandi ngo bizitabirwa na Perezida Kagame.
Abinyujije kuri Twitter, Gen...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza Gen Muhoozi Kainerugaba,mu kumwifuriza isabukuru nziza y’imyaka 49 yujuje.
Ku cyumweru gishize nibwo Gen Muhoozi yageze mu Rwanda...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda bose bari muri Sudani bafashijwe kuvayo, hasigaye yo babiri basigaye ku bushake...
Ku wa Kabiri, tariki 16 Gicurasi 2023, ni bwo biteganyijwe ko amakipe arindwi, yiyongera kuri REG BBC iri mu rugo, yabonye amatike yo gukina imikino ya nyuma ya BAL 2023, agera i...
Abayobozi b’ibihugu bitandatu bya Afurika bari guteganya kujya mu Burusiya na Ukraine mu minsi ya vuba, kugira ngo bafashe mu biganiro bigamije guhagarika intambara ibyo bihugu bibiri bimazemo...
Umutoza wa REG BBC, Dean Murray na Kapiteni wayo Shyaka Olivier, batangaje ko nta bwoba bafitiye amakipe bagiye guhurira mu Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2023) ritangira kuri uyu wa...
Stade Malien yo muri Mali yatsinze Cape Town Tigers yo muri Afurika y’Epfo amanota 78-69 mu igera muri ½ cy’Irushanwa Nyafurika, Basketball Africa League (BAL) riri kubera i...
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’Abagore yatomboye kuzahura na Crested Cranes ya Uganda mu ijonjora rya mbere ry’imikino yo gushaka itike y’Imikino Olempike izabera i Paris mu...