Umukandida wigenga Mpayimana Philippe wiyamamariza kuyobora u Rwanda yasezeranyije Abanyarwanda ko nibamutora u Rwanda ruzagira ubwato buriho idarapo ry’ u Rwanda bujyana ibicuruzwa mu mahanga....
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ntibimuhire yongeye guhamya ko ashaka kuzaba umwe muri 80 bazaba bagize inteko ishinga amategeko mu Rwanda.
Yabitangarije...
Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Mpayimana Philippe yatangaje imbogamizi ebyiri yahuye nazo mu gikorwa arimo cyo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda avuga ko imwe muri zo yamaze...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yahaye Mpayimana inshingano zo kuba impuguke nkuru ishinzwe uruhare rw’abaturage (Senior Expert in charge of Community Engagement) muri...
Abakandida Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y’ umukuru w’ igihugu ntabwo bahawe imyanya muri guverinoma nk’ uko byari byitezwe na bamwe.
Dr Habineza Frank na Mpayimana Philippe...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
Barafinda Sekikubo Fred wari watanze kandidatire ku mwanya wa Perezida ariko ikaba itaremewe aravuga ko abakandida batatu biyamamarije kuyobora u Rwanda bataryohereje Abanyarwanda mu bikorwa...
Dr John Pombe Magufuli uyoboye igihugu cya Tanzania, yishimiye intsinzi ya Perezida Kagame Paul yegukanye ku wa 03 na 04 Kanama 2017, amwizeza umubano utajegajega hagati y’ibihugu byombi....
Komisiyo y’amatora, NEC yatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Kanama 2017 ku buryo bwa burundu ko Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi ari we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika...
Dr Frank Habineza watsinzwe amatora y’umukuru w’Igihugu yabaye ku wa 03 na 04 Kanama 2017, yatangaje ko leta y’u Rwanda ikwiye kujya iha amafaranga abakandida bahatanira umwanya w’umukuru w’Igihugu...
Mpayimana Obed w’imyaka 39 ukomoka mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kivumu nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano,...
Umunyarwanda, Philippe Mpayimana uba mu gihugu cy’u Bufaransa, yatangaje ko na we aziyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora azaba muri uyu mwaka wa 2017, kandi akaba aziyamamaza ku...
Mu gihe hasigaye iminsi 45 ngo Abanyarwanda binjire mu matora y’ umukuru w’ igihugu agiye kuba ku nshuro ya gatatu nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi, komisiyo y’ amatora iravuga ko yamaze...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora((NEC)) iratangaza ko ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika mu Rwanda bitemewe mu gihe igihe cyagenewe ibyo bikorwa kitaragera.
Muri iyi minsi...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Perezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere.
Uyu mwanzuro...
Amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama 2017 azatwara miliyari 6 na miliyoni 600 zisaga aho kuba miliyari 5 nk’ uko byari byatangajwe.
Ibi komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri...
Diane Shima Rwigara uri mu bahatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko mu minsi itambutse yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Erica J. Barks-Ruggles, byibanze cyane ku rutonde...