Ikipe ya Rayon Sports yamaze kurekura umusore wayo w’umuhanga Muhire Kevin waguzwe akayabo ka miliyoni 26 Frw ($30) n’ikipe yitwa Misr lel-Makkasa Sporting Club yo mu...
Umuhanga mu by’ubuzima witwa He Jiankui yatangaje ko yavumbuye urukingo ruzarinda abantu kwandura Virusi itera SIDA binyuze mu guhindura uturemangingo...
Itel Mobile yashyizeho uburyo bwo korohereza buri wese gutunga smartphone zigezweho wa 2 Ugushyingo itel mobile yatangije igikorwa kizajya kiba buri wa Gatanu aho hazajya hatoranwa iduka mu gace...
Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Producer Bob Pro ufatwa nk’umuhanga mu bijyanye no gukorera abahanzi batandukanye indirimbo, yanenze bikomeye Dream Boys iherutse gushyira hanze indirimbo nshya,...
Ikigera ku mwana uri mu nda ya nyina ni amarangamutima ya nyina. Amarangamutima tuvuga ni ibyishimo, agahinda, umuhangayiko, umutuzo, n’ibindi nk’ibyo.
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi olivier yatangaje ko abona ubusatirizi bwe buryana ndetse atangaza ko yishimiye uko ikipe ye yubatse ku bijyanye no gutsinda ibitego nyuma yo kunyagira AS...
Tariki ya 27 Nyakanga abakunzi ba filime bizihiza ivuka ry’umuhanga mu mafilime n’imikino njyarugamba wanatojwe na Bruce Lee "Donnie Yen"
Turi tariki ya 27 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka mu...
Abatsindiye intego mu mikino yabaye mu mpera z’ icyumweru gishize ariyo Manchester united vs Sunderland, Arsenal vs West Brom, Hull City vs Man city, Paris St Germain vs Lorient na Monaco vs Caen...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17 Kamena nibwo hamaze kumenyekana amakipe 2 agomba kuzamuka mu cyiciro cya mbere gusimbura Pepieres Fc na Kiyovu Sports zamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri....
Polisi y’u Rwanda yagize icyo ivuga ku ifoto y’umwana wo mu Karere ka Muhanga yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, imugaragaza ari ku ishuri yambaye impuzankano y’ishati ya Polisi y’u Rwanda,...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yirukanye umuhanga mu byerekeye ubukungu mu ikipe y’abajyanama be mu gihe hari ibibazo ku mpamyabumenyi ye ya...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abandi bantu batandatu barimo Perezida w’Ikipe ya The Winners FA yo mu Karere ka Muhanga, Nshimiyimana David; Umutoza w’iyi kipe y’abana, Mukandamage...