Umusaza Amoti Ebenezer Nyakabwa, w’imyaka irenga 100 yatunguwe ubwo yasurwaga ku munsi wa St valentin maze agahabwa ibintu binyuranye umunsi yahamije ko utazibagirana ku mutima...
Abarimu bigisha muri kaminuza ya Kibungo bari kurira ayo kwarika kubera ko bamaze amezi 6 batazi uko umushahara usa bitewe ahanini n’ubukungu bwifashe nabi muri iyi...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gatobotobo mu Karere ka Huye,intara y’Amagepfo afunzwe akurikiranweho icyaha cyo kugerageza kwaka ruswa ishingiye ku gitsina umukobwa utuye mu kagari...
Mu ijoro ryo ku wa gatatu tariki 27 Gashyantare 2019 saa tanu n’iminota 37, icyogajuru cy’u Rwanda cyahawe izina ‘Icyerekezo’ cyoherejwe mu kirere ku bufatanye n’ikigo mpuzamahanga cy’itumanaho...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Muvunyi Paul yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko ikipe ya Rayon Sports nta hantu ibarizwa bityo ahantu hose yabona uburyo bwo kubaho neza yahaba nta kibazo aho...
Maurice Kirya wamamaye muri sinema ya Uganda akaba ari umuririmbyi ndetse akaba n’umukinnyi wa Filime wabigize umwuga, avuga ko Perezida Museveni nta mpano afite ya muzika n’ubwo yitegura gushyira...
Mu gice cya nyuma cy’ikiganiro twagiranye na Rucagu Boniface, yadutangarije ko inshuro nyinshi abacengezi bagiye bamwandikira bamwiyama kuba ngo yirirwa abwira abaturage ba Perefegitura...
Intambara ikomeye yarose hagati y’abashyigikiye perezida Felix Tshisekedi n’abashyigikiye uwo yasimbuye Joseph Kabila mu ntara ya Katanga,birangira abantu 11...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukira, Bushayija Francis, yavuze ko abanyarwanda 25 bafashwe bari kureba umukino wa UEFA Champions League mu gihe cyo kwibuka bibukijwe amabwiriza...
Kuri uyu wa gatatu, abafana ba APR FC bibumbiye muri Fan Club ya Zone One boroje inka Nsengiyumva Edouard warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma yo gusura urwibutso rwa Jenoside rwo...
Muri bimwe mu byaranze itariki ya 11 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwicanyi bwakomeje gufata umurego mu bice bitandukanye by’igihugu. Ni na wo munsi ingabo za Loni zatereranye...
Abantu 70 bo mu karere ka Rwamagana bafashwe barenze ku mabwiriza agenga icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994,aho bafashwe bari kureba imikino ibanza ya ¼ cy’irangiza...
Umupadiri witwa Jean-Marc Fournier ari gushimirwa na benshi kubera ukuntu yinjiye muri katederali y’amateka ya Notre Dame de Paris iri gushya,akuramo ikamba ry’amahwa ryari rigiye gushya n’ibindi...
Perezida Felix Tshisekedi wa RDC yatangaje ko perezida Kagame na Museveni bamwemereye ko bagiye kumufasha kugarura amahoro muri iki gihugu cyoretswe n’intambara.
Ku munsi w’ejo taliki ya 21 Mata 2019 nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika yakiriye umushyitsi ukomeye nyakubahwa Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani waje mu ruzinduko rw’iminsi itatu...
Abasirikare bane b’igisirikare cya Republika iharanira demokrasi ya Kongo,FARDC, n’abarwanyi batandatu baguye mu mirwano yabaye kuri uyu wa mbere ibera mu ntara ya Ituri mu majyepfo ya...
Umufundi wakoreraga akazi ke k’ubwubatsi mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, yaguye mu musarane wa metero 20,arapfa ubwo yari agiye gukuramo telefoni.
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Umugore ukomoka muri Australia witwa Jodi Rose wivugira ko yashyingiranywe n’ikiraro cyitwa Le Pont du Diable giherereye ahitwa Ceretmu majyepfo y’Ubufaransa mu mwaka wa 2013,yatumye benshi...
Jodi Rose ukomoka muri Australia yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gutangaza ko yashyingiranywe n’ikiraro cyitwa Le Pont du Diable giherereye ahitwa Ceret mu majyepfo y’Ubufaransa mu...
Umunyapolitiki akaba n’umuherwe ukomeye mu gihugu cya RDC,Moise Katumbi yasabye perezida mushya wa Kongo gukora cyane agahindura ubuzima bw’abatuye iki gihugu kiri mu binini cyane muri...
Abantu 45 biravugwa ko baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Mai Ndombe giherereye mu Burengerazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya...
Ikipe ya Rayon Sports yatojwe n’umutoza wungirije Wagner Nascimento, yujurije umukino wa 20 idatsindwa mu mukino ubanza wa 1/16 cy’igikombe cy’Amahoro, ubwo yatsindaga ikipe ya AS Kigali igitego 1-0...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Umukinnyi wa Arsenal,Mesut Ozil yaraye akoze ubukwe bw’igitangaza we n’umukunzi we Amine Gulse wabaye Miss wa Turkia 2014 mu mujyi wa Istanbul aho perezida Erdogan...