Umusore witwa Abba Ahmed wari wararahiye ko aziyahura nadashyingiranwa n’umukobwa wa Perezida Muhammadu Buhari wa Nigeria,yatabawe na Polisi yo muri iki gihugu ubwo yageragezaga...
Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi ku izina rya Harmonize, akaba na nyiri nzu ifasha abahanzi mu bya muzika yitwa Konde Music Worldwide, yamaze kwagura imipaka asinyisha umunya-Nigeria Skales muri...
Icyorezo cya Coronavirus gikomeje guhangayikisha benshi muri iki gihe, uretse kungira ingaruka mbi ku bukungu bw’ibihugu byose byo ku Isi , gikomeje no guhitana benshi . Kuri ubu ibiro bya...
Benshi mu baturage bo muri Nigeria banenze perezida wabo Muhammadu Buhari wahaye umukobwa we indege ye akoresha mu ngendo ayijyana muri gahunda ze bwite mu gace kitwa...
Intagondwa zo mu mutwe w’Iterabwoba wa Leta ya Islam [Islamic State] zemeje ko kuri Noheli zishe ziciye imitwe abakirisitu 11 zari zafashe bugwate mu gihugu cya...
Bwa mbere mu mateka y’umuraperi Belcalis Marlenis Almánzar wamenyekanye ku rubyiniro nka Card B yataramiye abakunzi be muri Nigeria mu iserukiramuco ryabereye mu mugi wa Lagos ryitwa...
Mu gihugu cya Nigeria umukwabu ukomeye wo gufata no gufunga abasore bafite ibisage (deredi) na za ’tatouage’ ku mubiri aho polisi ibashinja ko bagaragara nk’abajura cyangwa...
Perezida wa Liberia George Weah ku myaka 51 y’amavuko yongeye kugaragara mu ikipe y’igihugu ya Liberia ndetse ari na kapiteni mu mukino Liberia yakinaga na Nigeria mu mugoroba wo kuri uyu wa kabiri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, Donald Trump kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017 yavuganye kuri telephone na Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari ari i Londres mu...
Umwe mu bana barwaye mugiga, mu gihugu cya Nigeria , ifoto yafashwe kuri uyu wa 30 Werurwe 2017
Mu gihugu cya Nigeria abantu 270 bamaze guhitanwa n’ icyorezo cya mugiga mu byumweru bike bishize....
Abafana benshi b’ikipe y’igihugu ya Nigeria bibasiye Iwobi ku mbuga nkoranyambaga, begeka kuri uyu mukinnyi, w’imyaka 27, kuba igihugu cyabo cyaratsinzwe na Côte d’Ivoire ibitego 2-1 mu mukino wa...
Abagize umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram bishe abantu 13 mu bitero bibiri bitandukanye mu majyaruguru ya Nigeria nk’uko ibitangazamakuru byo muri iki gihugu byabitangaje ku...