Nshimiyimana Muhamed uzwi nka Nizzo mu itsinda rya Urban Boyz, aratangaza ko atabona agaciro kuzuye ku bahanzi Nyarwanda bakora injya ya Hip-Hop.
Nizzo, Safi Madiba na Humble-Jizzo bahuriye mu...
Nshimiyimana Muhamed [Nizzo] wo mu itsinda rya Urban Boyz ari mu rukundo n’umukobwa akaba atuye mu Busuwisi yitwa Nisingizwe Solange, bivugwa ko umucuruzikazi wibera mu Busuwisi.
Nizzo afite...
Umukobwa kuri ubu utakibarizwa mu Rwanda wigeze kuvugwa mu rukundo n’ umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys ariwe Nizzo yashyize hanze amashusho agaragaza ari mu cyogero yambaye ikariso n’ isutiya...
Biravugwa ko Aime Bluestone ashobora gusimbura Safi muri Urban boys
Ibyiyumviro by’abafana ku gutandukana kwa Urban boys
Abenshi ntibifuza kubona Urban boys itandukana
Ubunshuti bwa Nizzo na...
Kimenyi Yves ni umwe mu banyezamu bakomeye mu Rwanda muri iki gihe, Kimenyi Yves yahindutse iciro ry’imigani mu ntangiriro z’iki cyumweru ku mbuga nkoranyambaga baramuvuga bitandukanye ku...
Umuririmbyi Safi Madiba wahoze aririmba mu itsinda Urban Boys ryamenyekanye mu muziki w’u Rwanda, yahishuye ko hari ibintu bitatu byamusigaye ku mutima n’ubwo yamaze gutandukana na bagenzi be...
Umuririmbyi Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo itsinda rya Urban Boyz n’umukunzi we Amy Blauman, bahagurutse mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017 bajya muri...
Humble Jizzo umwe mu basore batatu bari bagize itsinda rya Urban Boys yatangaje ko Safi Madiba yasezeye kuri iri tsinda rimaze imyaka icyenda rikora umuziki.
Safi Madiba uherutse gusezerana n’...
Umunyamuziki Humble Jizzo uri kubarizwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika yashimye byimazeyo Polisi y’u Rwanda yamufashije kongera kubona ibyuma by’umuziki bye yari yibwe.
Uyu muhanzi ari kumwe...
Umuririmbyi James Manzi uzwi nka Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys ahuriyemo na Nizzo , yafashe umwanya asezera abafana n’abakunzi be mu gihe yitegura kujya muri Leta zunze ubumwe za...
Umunyamakuru, umushyushyarugamba, DJ Anita Pendo yavuze ko umuhanzikazi Butera Knowles ari umuntu wicasha bugufi akaba n’inshuti y’akadasohoka kuva mu bwana bwe.
Mu butumwa yacishije ku rukuta...
Umwe mu bagore bagiye bavugwaho byinshi hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Sacha wigeze no kuririmba nyuma akaza kubireka ndetse akaba yaramenyekanyeho kuba yarigeze no kuba umukunzi w’umuhanzi nawe...
Humble Jizzo ugiye kumara icyumweru muri Leta zunze ubumwe za Amerika yerekanywe mu muryango w’umukunzi we Amy Blauman bamaranye imyaka ine mu munyenga w’urukundo.
Aba bombi bavuye mu Rwanda...
Humble Jizzo yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika ku cyumweru ari kumwe n’umukunzi we, Amy aho baherereye mu gace ka Wenatchee ho muri Washington.
Uyu muhanzi yajyanye n’umukunzi mu myiteguro...
Umuririmbyi Humble Jizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys wavuye mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017, yatangaje ko we n’umukunzi we bageze mu mujyi wa New York...
Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2:...
Babinyujije kuri ku rukuta rwa Instagram rwa Humble Jizzo ,bamwe bagize bati” "Muve mu byo murimo muduhe umuziki kubera ko mwaradutereranye ndetse nta n’ahantu hagaragara mwadusize ku buryo muzaza...