Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 9/11/2018 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka...
Umunya Espagne ukinira ikipe ya Team Novo Nordisk yo muri Amerika niwe wegukanye agace ka karindwi ka Tour du Rwanda kavaga Musanze kerekeza I Kigali ku ntera y’ibirometero 107 na metero 500 asize...
Azzedine Lagab niwe wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2018 asize Lozano Riba David na Munyaneza Didier gusa Mugisha Samuel yabashije gucunga abo bari bahanganye ntiyatakaza igihe...
Umuyobozi wa PS Imberakuri Chritsine Mukabunani n’ Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora(NEC) yatangaje ibyavuye mu matora y’ abadepite ku kigero cya 70% byerekana ko...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa kane taliki ya 22/11/2018 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 13/02/2019 saa kumi z’amanywa (16h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwanditse...
Mu gihe habura icyumweru kimwe ngo Tour du Rwanda yo kuri 2.1 itangire,ikipe ya Benediction Excel Energy yatangaje abakinnyi 5 bazayihagararira muri iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe yo ku rwego...
Nyakwigendera yitabye Imana kuri iki Cyumweru cya Pasika tariki 21 Mata 2019 aguye iwe mu rugo aho yari atuye Mu kagari ka Kimana, Umudugudu w’ Ubwiyunge , Umurenge wa...
Umubyeyi w’abana bane witwa Ntamfurayishavu Speciose, utuye mu Murenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze avuga ko amaze icyumweru aba mu rutoki, nyuma y’aho aho yari yakodesherejwe n’ubuyobozi...
Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Benediction Excel Energy baraye bakomerekeye mu Gace ka Kabiri ka Tour de la RDC ubwo bari mu gikundi kinini bahanganira...
Umwarimu witwa Jean Bosco Ndoli Hatangimana gigishaga kuri Groupe Scolaire ya Cyapa, yishe Umugore we amunize, kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Ukwakira 2019,arangije nawe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 07/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Muvunyi Andre uherereye...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 15/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Muvunyi Andre uherereye...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 25/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Muvunyi Andre uherereye...
Amakuru agera ku Umuryango n’uko ,mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2019, Komite Nyobozi y’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) yari irangajwe imbere na perezida Aimable...
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyikirije u Rwanda abarwanyi 291 bo mu mutwe w’iterabwoba ururwanya wa CNRD, baherutse gufatirwa mu bitero bikomeje kugabwa ku mitwe...
Amakuru yiriwe acicikana ku ku mbuga nkoranyambaga zo muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Cape Town,aravuga ko Komite nyobozi y’ishyaka RRM rya Nsabimana Callixte Sankara yateranye k,umunsi w’ejo...
Ku munsi w’ejo hiriwe amakuru avuga ko Laurent Ndagijimana, uzwi ku mazina ya Wilson Irategeka na Rumbago yaba yiciwe mu mirwano y’ingabo za DR Congo n’inyeshyamba ayobora za...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 13 Gashyantare 2020, mu muhanda Kigali-Akanyaru, mu Murenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye, aho imodoka itwara abagenzi ya...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Kanama 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina washinze umuryango wa MRCD (Rwandan Movement for Democratic Change),ugamije...
Police y’u Rwanda iri gukora iperereza ku mupolisi wagize uruhare mu iraswa ry’Umusore witwa Nsengiyumva Evariste wo mu Murenge wa Zaza mu Karere ka Ngoma warashwe saa mbili z’ijoro ryo kuri iki...