Umuyobozi w’imikino muri MINISPOC Bugingo Emmanuel yatangaje ko abakinnyi ba Team Rwanda batigeze bahungabanywa no kuba batarabona uduhimbazamusyi twabo tumaze igihe tutaratangwa mu gihe abakinnyi...
Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Esperance FC ikina shampiyona y’icyiciro cya kabiriaho abayobozi bayo bashwanye bari gupfa uzabahagararira mu matora ya perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2017 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakuye ku myanya Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Papias Malimba na Minisitiri w’Ikoranabuhanga, Jean...
• Abashinzwe gutegura Tour du Rwanda basohoye amazina na nimero z’abakinnyi bose bazitabira Tour du Rwanda 2017
• Valens Ndayisenga niwe uzambara nimero 1 kubera ko yatwaye iy’ubushize
• Tirol...
• Tour du Rwanda yafashije abakinnyi batandukanye kugera ku rwego mpuzamahanga
• Kuva yaba mpuzamahanga mu mwaka 2009 yafashije abakinnyi batandukanye gukina amarushanwa akomeye arimo na Tour de...
• Minisitiri Uwacu Julienne yasuye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare izahagararira u Rwanda.
• Minisitiri Uwacu yababwiye ko bagomba kwibuka ko bahagarariye u Rwanda bityo bagomba...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
Umusore Mugisha Samuel watwaye irushanwa rya Rwanda cycling Cup kuwa Gatandatu taliki ya 21 Ukwakira 2017 ubwo abasore 30 bazatorwamo 15 bazitabira Tour du Rwanda bahatanaga kuva Nyanza...
Hasigaye iminsi 22 kugira ngo Tour du Rwanda 2017 itangire,benshi mu bakunzi b’umukino w’amagare bategerezanyije amatsiko menshi iri rushanwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda aho rigiye kuba ku...
Umukinnyi Ismaila Diarra ntari ku rutonde FERWAFA imaze gushyira hanze rw’abakinnyi amakipe yo mu Rwanda azakoresha mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League 2017-2018.
Uyu...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryamaze gutangaza abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitabira irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda aho...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwerekeza mu irushanwa ryo muri Cameroon ryitiriwe umugore wa Perezida w’iki gihugu rizwi nka Grand Prix Chantal Biya rizatangira ku italiki ya...
Ikipe ya Etincelles FC yamaze gusinyisha abakinnyi 10 yiteguye kwerekana ku mukino wa Rubavu Feza Bet izahuramo na Rayon Sports kuri uyu wa gatatu Taliki ya 20 Nzeri uyu mwaka umukino uzabera...
Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yandikiye abaminisitiri bose n’Abanyamabanga ba Leta abamenyesha ko buri wese yongerewe inshingano zo gukurikirana akarere yashinzwe.
Hejuru...
Ku wa 12 Nzeri uyu mwaka muri Village urugwiro habereye inama y’abaminisitiri yari iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasabye ba Minisitiri bose n’abanyamabanga ba Leta...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yahisemo kwita umwana w’ingagi ‘Uruyange’ yavuze ko ari izina amaze iminsi atekerezaho bishimangirwa n’inzira abahanzi bahisemo yo gukundisha abanyamahanga u...
Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...
Hafi saa tanu n’iminota 35, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 20, ‘abanyamabanga ba Leta 11.
Murekezi Anastase wari Minisitiri w’Intebe , yagizwe...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Kanama 2017 ahagana saa tanu n’iminota mirongo ine n’itanu nibwo Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi, yageze ku kibuga cy’indege cya Kanombe yakirwa na mugenzi...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi ikina irushanwa rya Cascade Classics ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe ryasojwe ku cyumweru taliki ya 23 Nyakanga aho itahanye umwanya wa...
Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo Umuherwe Jack Ma washinze ikompanyi ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo kuri internet "Alibaba Group" yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama...