Umuyobozi w’Akarere ka Nyabibu Uwanzwenuwe Theoneste n’Umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Karago bahakanye amakuru avuga ko umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 19 Mutarama 2021,abantu 2 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 148 mu gihe abanduye bo...
Tariki ya 8/4 ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda turibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo-Rwanda), kivuga ko Intara y’Iburasirazuba, Umujyi wa Kigali n’ahandi henshi mu Majyepfo, hateganyijwe imvura nke iri munsi ya milimetero 10 muri uku kwezi...
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda Peter Vrooman, yemereye akarere ka Ngororero inkunga y’amafaranga y’u Rwanda hafi miliyoni 50, mu rwego rwo gufasha imiryango yasenyewe...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Umusore Mugisha Samuel uherutse kubura mama we niwe wegukanye irushanwa ry’abakinnyi 30 barimo 27 bari kwitegura Tour du Rwanda y’uyu mwaka aho abasore bavaga I Nyanza berekeza I Rubavu ku ntera ya...
Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka, U Rwanda rwizihizaho umunsi wo kwibohora. Abahanzi nyarwanda barimo; King James, Rafiki,Senderi International Hit,Army Jazzy Band, Intore Tuyisenge ni bamwe mu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimagiye ukuntu mu myaka 23 ishize Abanyarwanda bavuye mu bwigunge avuga ko hari abahawe amazu arimo amashyanyarazi batazi uko amatara y’ amashyanyarazi azimywa...
Sandra Umutoni, umwe mu babyeyi bagize umugisha wo kwibaruka ku Bunani bwa 2017
Ku Ubunani, umunsi mukuru utangira umwaka wa 2017, mu bitaro bitandukanye byo mu Rwanda havukiye abana barenga...
Nubwo yakiniraga ikipe itaramenyera mu mukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ya Nyabihu Cycling Team umusore Gasore Hategeka yaraye atwaye shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 18 Kamena 2020, habonetse abarwayi barindwi ba Coronavirus mu Rwanda bituma abamaze kwandura bose baba 646. Aba barwayi biganjemo abo mu...