Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, nta muntu wishwe na COVID-19 mu Rwanda kuko abo imaze gutwara ubuzima bakiri 349. Uyu munsi habonetse abarwayi bashya 42 mu gihe abantu bakize...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Abakekwaho kuba inyeshyamba za FLN barashe ku mudoka itwara abagenzi muri Nyungwe, bica umushoferi n’umugenzi bakomeretsa n’abagenzi 6.
Aba bagizi ba nabi bategeye iyi modoka Kitabi mu karere ka...
Abaturage bo mu Karere ka Ruhango bategerezanyije ubwuzu Perezida Paul Kagame watangiye urugendo rw’iminsi ine agirira mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba mu rwego rwo gusura...
Mu minsi ishize hano ku muryango tv twababwiye ibibazo byari mu karere ka Rusizi, aho abayobozi bako bari ku gitutu cyo kwandika bisobanura ku makosa byavuzwe ko afitwemo uruhare rusesuye...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki 21-30 Mata 2024, hateganyijwe imvura iri hejuru y’iyari isanzwe igwa mu gihugu cyane cyane mu bice...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze i Kigali,kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Mata 1994, aho aje mu ruzinduko rw’akazi no kwitabira ibikorwa byo...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, mu murenge wa Bwishyura w’ akarere ka Karongi habereye impanuka ikomeye y’ ikamyo ihitana abantu batatu. Ibaye impanuka ya gatatu y’...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...
Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi yatanze ubutumwa buhumuriza Abanyarwanda abasezeranya ko nta Jenoside izongera kuba mu Rwanda.
Ibi yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Mata...
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Umuhanzi Eric Senderi international hit uzwi munjyana ya afro beat, wamenyekanye mu ndirimbo nka Nta cash, Aragiye, Mucyaro, intimba y’intore, n’ izindi zo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu...
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC mu umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, kuri uyu wa gatandatu ndetse n’ejo ku cyumweru imikino irakomeza.
Ikipe ya AS...
Umutoza mushya w’ikipe ya Mukura VS, umubiligi Ivan Minnaert yifatiye ku gahanga ububoyobozi bw’ikipe ya APR FC avuga ko babeshejweho no gutera ubwoba abo bahanganye, ndetse anavuga ko abasifuzi...
Umugore w’imyaka 29, utuye mu Murenge wa Gitega, mu Karere ka Nyarugenge, avuga ko yatagiranye umwaka wa 2017 ingamba nshya zirimo kureka uburaya yari amazemo imyaka itanu.
Uyu mugore usanzwe...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2017, shampiyona iraba ikomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 12, hakaba hateganyijwe imikino ine.
Umukino w’umunsi ni uwo APR FC igomba kwakiramo AS...