Guverineri w’ Intara y’ amagepfo Mureshyankwano Rose yanenze abasore n’ inkumi biga mu mashuri yisumbuye bajya mu biruhuko bakirirwa mu gitanda aho gufasha ababyeyi imirimo avuga ko we yiga muri...
Ku munsi w’ejo taliki ya 02 Nyakanga nibwo twabagejejeho ko ikipe ya Rayon Sports yaramukiye mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 aho basuye urwibutso rwa Jenoside rwa...
Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 16 yabaye kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 14 Ukuboza 2018, yafatiwemo imyanzuro 10. Mu rwego rwo kuyishyira mu bikorwa, iyi myanzuro yagabanyijwemo ibikorwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mata 2020 mu murenge wa Rangiro akagari ka Gakenke umudugudu wa Rwasa,Mu karere ka Nyamasheke, umugabo witwa Harerimana Eric ufite imyaka 37...
Kuri uyu wa 22 Gicurasi 2020, Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere (RGB) arumenyesha ko hari abantu biyitirira Rayon Sports ndetse ngo bashatse...
Nsabima Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na Perezida Edgar Lungu wa...
Uyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda [FERWACY] bwatangaje ko kubera icyorezo cya Covid-19 gikomeje gukaza umurego mu Rwanda muri iyi minsi bwimuye irushanwa rya...
Jean Claude Iyamuremye woherejwe n’Ubuholandi mu Rwanda kuburana ku byaha bya jenoside akekwaho, yabwiye urukiko ko atashoboraga kugira ubushake bwo kwica Abatutsi kandi na nyina ari...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 04 Werurwe 2021, nta muntu wishwe na COVID-19 mu Rwanda bituma abamaze gupfa baguma ari 311. Abarwayi bashya babonetse ni 239 barimo 90 bo mu karere ka...
Abanyarwanda batatu bari batsindiye amatike yo kujya kureba umukino wa Arsenal kuri Emirates Stadium binyuze muri poromosiyo za SKOL, bishimiye gushumbushwa amafaranga nyuma y’uko icyorezo cya...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa kabiri tariki 20 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bashya 71 banduye icyorezo cya COVID-19, bituma abamaze kwandura mu Rwanda bose...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 27 Mata 2021, Minisiteri y’Ubuzima yihanganishije umuryango w’umugabo w’imyaka 69 ukomoka mu Karere ka Huye ubaye uwa 331 witabye Imana azize icyorezo cya...
Makuza Bernard wabaye Minisitiri w’Intebe ndetse na Perezida wa Sena akomeje kugaragaza urukundo akunda imikino kuko uyu munsi yashyigikiye umukino wo gusiganwa ku magare aho yagaragaye aho etape...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Ugushyingo ahagana saa cyenda z’amanywa Polisi y’u Rwanda yafashe umugore w’imyaka 28, afatanwa udupfunyika 2,023 tw’urumogi.
Yafatiwe mu Karere ka Nyabihu, Umurenge...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yamenye ikibazo cy’ibura ry’umusizi Innocent Bahati ihawe amakuru na RIB ndetse ko mu minsi ya vuba hazatangazwa...