Mu ibaruwa yo ku italiki 5/11/2018 Komisiyo y’abakozi ba Leta yandikiye Minisante yayisabye gutanga ibihano bitenganwa n’amategeko ku bihano bihabwa abakozi ba Leta bakoze amakosa anyuranye...
Diane Gashumba, Minisitiri w’Ubuzima
Muri raporo y’ubugenzi yakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Abakozi ba Leta mu kwezi kwa 10 2017 yagaragaje bumwe mu buriganya bwakozwe bigaragara ko busa...
Mu gihe mu Rwanda n’isi yose bibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 ,Ndayisaba Fabrice foundation na Nyampinga w’ u Rwanda 2018 Iradukunda Liliane bakoze urujyendo rwo...
Murangwa Eric Eugene wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports nk’umunyezamu ndetse wibukirwa ku kuba yarakinaga yambaye ingofero,yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kubera ko abashatse...
Sebanani André yavutse mu 1952, avukira mu cyahoze ari Komini Kigoma Perefegitura Gitarama, ubu akaba ari Akarere ka Nyanza, Intara y’Amajyepfo. Amashuri yisumbuye yayize i Shyogwe nyuma aza...
• Simon Perraud ukinira ikipe ya Illuminate niwe wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda kasorejwe I Rubavu
• Areruya Joseph yagize ikibazo cyo gutobokesha bituma atakaza umwenda w’umuhondo
•...
• Tour du Rwanda isigaje iminsi 2 ngo itangire
• Menya byinsi byaranze iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 09 nyuma yo kugirwa mpuzamahanga mu mwaka wa 2009.
• Tour du Rwanda izatangira ku...
Abagororwa babiri batorokanye na Cassien Ntamuhanga muri Gereza ya Nyanza(Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira umwe yari afungiye ubuhotozi mugenzi we afungiye gusambanya ku gahato....
Ikipe ya Rayon Sports imaze kunyagira AS Muhanga ibitego 6-0 mu mukino wa mbere wa gicuti wo mwiherero iri kugirira mu majyepfo wateguwe n’itsinda ry’abafana bayo bo muri iyi ntara " Les Bleus du...
Nkuko twabibagejejeho mu minsi ishize uyu munsi taliki ya 25 Kanama nibwo ikipe ya Rayon Sports yerekeje mu majyepfo kwiyegereza abafana bayo batuye muri iyi ntara urugendo rwateguwe n’itsinda...
Kuri uyu wa taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo hari hatahiwe gukina Rwanda Cycling Cup agace kahariwe gusigasira umuco (Race for Culture) aho abasiganwaga mu bagabo bahagurutse Gatuna berekeza I...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017, ni umunsi wa kabiri wo kwiyamamaza ku bakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama.
Umukandida...
Perezida Kagame uhatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko hari igihe kizagera abarwanashyaka b’ishyaka rya Green Party bajye muri RPF, ngo RPF irusha ishyaka Green Party kuba Green.
Ibi Paul Kagame...
Nkuko iyi kipe ya Rayon Sports isanzwe ibikora kuri iki cyumweru taliki ya 02 Nyakanga ku I saa yine abayobozi ,abakinnyi bayo n’abafana bazindukiye mu gikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside...
Abantu batandatu bo mu turere twa Huye, Nyanza, Muhanga na Ruhango, bariwe n’imbwa zizerera ku gasozi zirabakomeretsa ndetse zinica ihene ebyiri.
Kuwa Gatandatu, tariki ya 22 Mata, mu Kagari ka...
Kuri uyu wa gatatu nibwo ubuyobozi bwa FERWACY bumaze gutangaza inzira Tour du Rwanda izanyuramo aho hagaragaye imihanda mishya nka Musanze –Nyamata aho umugi wa Nyamata ari ubwa mbere ugiye...