Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo...
Mu nama ku kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DR Congo yahuje abakuru b’imiryango y’ibihugu byo muri Africa yo hagati, iburasirazuba, amajyepfo, Ubumwe bwa Africa, na ONU, ibihugu bya Angola,...
Ishami rya ONU ryita ku mpunzi ku isi, HCR, muri Malawi riravuga ko ritewe impungenge cyane n’itabwa muri yombi no gufungwa kw’impunzi zirenga 370 zirimo abana barenga ijana ku itariki ya 17 za...
Perezida Felix Tshisekedi wa Republika ya Demokarasi ya Congo mu magambo akaze yashinje u Rwanda kugira umugambi wo kwigarura intara ya Kivu ya ruguru mu burasirazuba bw’igihugu, rukoresheje...
Ubushinwa burasaba ko DR Congo ikurirwaho gukomanyirizwa ku masoko y’intwaro ku isi bukanasaba ko imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa DR Congo izishyira...
Mu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye(ONU/UN) Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko ‘umukino wo gushinjanya udakemura ibibazo’ ubwo yasaga nk’usubiza ibyavuzwe mbere na mugenzi we wa DR Congo....
Turukiya ivuga ko yageze ku masezerano n’Uburusiya yo gutuma Ukraine yongera kohereza mu mahanga ibinyampeke binyuze mu nyanja ya Black Sea (Mer Noire).
Byitezwe ko ashyirwaho umukono kuri uyu...
Abarenga 30,000 bavuye mu byabo bahunga imirwano yo ku cyumweru hagati y’ingabo za leta, FARDC, n’inyashyamba za M23 i Bunagana n’inkengero zayo muri teritwari ya Rutshuru y’intara ya Kivu ya...
Perezida Felix Tshisekedi yemeye kurekura abasirikare babiri b’u Rwanda bafungiye muri DR Congo abisabwe na mugenzi we João Lourenço wa Angola mu nama yabahuje kuwa kabiri i Luanda, nk’uko bivugwa...
Abaturage bo mu ntara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo bagera ku 80,000 bamaze guhunga imirwano y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta, FARDC, nk’uko bivugwa n’ishami rya ONU rishinzwe ibikorwa...
Kapiteni Mwila Chansa wo mu ngabo za Zambia yemerewe kurera bigoranye umwana yahuye na we bwa mbere ubwo yari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri...
Niba waracitswe kureba imbonankubone igitaramo “10 Years Of Bruce Melodie” cya Bruce Melodie cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ari mu muziki ubwo ufite indi nkuru uzabara. Ibaze umwana wawe nazakubaza...
Umunyamabanga mukuru wa ONU n’uwa Africa yunze Ubumwe bamaganye ibyo guhirikwa ku butegetsi kwa Perezida w’igihugu cya Guinée Conakry, Alpha Condé bahita basaba ko arekurwa...
Umuryango w’abibumbye (ONU/UN) waburiye ko abantu bagera ku 400.000 bamaze guhunga bava mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’iruka rya...
Rutahizamu w’ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC Jacques Tuyisenge yasobonuye byinshi ku mvune ye yagiriye mu ikipe y’igihugu ubwo yari muri Cameroon mu mikino ya CHAN, avuga ko ameze neza yamaze gukira...
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye avuze ko arimo gutegura "ingamba zikarishye" ku mitwe y’inyeshyamba ikorera mu burasirazuba bw’igihugu, nkuko bitangazwa n’ibiro...
Fred Matiang’i minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa Kenya yatangaje ko yabwiye ukuriye ishami rya ONU ryita ku mpunzi gahunda ya Kenya yo gufunga inkambi za Dadaab na Kakuma bitarenze tariki...