Urukiko rw’itegekonshinga rwa Zambia ku wa gatanu rwemeje ko Perezida Edgar Lungu ashobora kwiyamamaza mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka wa 2021.
Mu gihe hakomeje kwibazwa uzasimbura ku butegetsi Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe, Emmerson Mnangagwa wari Visi Perezida w’ iki gihugu yirukanywe kuri uyu mwanya azira kubaza igihe Mugabe...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Polisi yo mu gihugu cya Kenya yamaze gutangaza ko yishe irashe umuntu wagabye igitero ku rugo rwa Perezida wa Repubulika wungirije (Deputy President) William Ruto, agakomeretsa umupolisi...
Leta za Tanzania, u Rwanda na Uganda na zo zatangaje ko amabendera yururutswa akagezwa mu cyakabiri mu kunamira Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi wapfuye bitunguranye ku itariki ya 8 y’uku...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku bikorwa by’akatarabonekka bya Perezida wa Repuubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu guhashya imitwe y’iterabweba hagamijwe kugarura...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 31 Ukuboza 2019,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye na RBA aho yavuze ku ngingo nyinshi zirimo imbogamizi u Rwanda rwahuye nazo mu kugera ku cyerekezo...
Ibiro bya perezida wa Amerika byatangaje ko ku wa gatatu Perezida Donald Trump n’abanyamategeko be batazitaba inteko izateranira mu cyumba cy’inteko ishinga amategeko ikomeje kwiga ku...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abinjiye mu mutwe Sena ko ubuyobozi bahawe ari amahirwe bakwiriye gukoresha neza kuko hari abayabona bakayakoresha...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 31 Gicurasi 2019, Perezida Kagame, Perezida Manuel Gonçalves Lourenço wa Angola na Perezida Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo bakoreye inama I Kinshasa mu gace kitwa...
Uwo Perezida Joseph Kabila wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yahisemo ngo abe ari we wamusimbura ku butegetsi, ku wa mbere yatangaje igenabikorwa rye, habura iminsi itatu ngo ibikorwa byo...
Inteko ishingamategeko ya Sudani y’epfo yatoye umwanzuro wo kongera manda ya Perezida Salva Kiir kugeza mu mwaka wa 2021 kubera ko iki gihugu cyananiwe gukoresha amatora ya perezida uyu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Gicurasi 2018 nibwo hamenyekanye ko Perezida Kim Jong Un na Perezida w’ Ubushinwa Xi Jinping bahuriye mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda yatangaje...
Kuva kuri uno wa gatanu, iguhugu cya Zimbabwe kiyobowe na Perezida mushya nyuma y’imyaka 37 yari ishize Robert Mugabe yisangiza ubutegetsi.Perezida Mushya wa Zimbabwe yagiriwe icyizere cyo...
Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...
Kundwa Doriane , Nyampinga w’u Rwanda 2015 uri kubarizwa mu gihugu cya Canada ku mugabane wa Amerika, yavuze ko ari ishimwe rikomeye kuri we kuba abashije kwitorera umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, Donald Trump kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Gashyantare 2017 yavuganye kuri telephone na Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari ari i Londres mu...
Umwe mu baperezida b’Abanyafurika barambye ku butegetsi, Perezida Yoweri K. Museveni, yatangaje ko kuba amaze igihe kinini ku butegetsi byamwigishishe byinshi.
Kuwa Kabiri 06, ubwo Perezida...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ejo hashize yahuye na Perezida wa FIFA Gianni Infantino ndetse anasura inzu ndangamurage y’Umupira w’Amaguru ku Isi i Zurich mu Busuwisi.
Nyuma yo gusura iyo nzu...
Kuri iki Cyumweru Perezida wa Hongiriya KATALIN Novak yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, akaba yanakiriwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.