Umunyeshuli w’Umufaransa w’imyaka 15 yafashwe amashusho atunze imbunda umwarimukazi we mu maso imbere y’abanyeshuli bagenzi be,none byamushyize mu mazi abira.
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump udahema kugaragaza ko yababajwe n’ iyicwa ry’ umunyamakuru Jamal Khashoggi yavuze ko ibisobanuro bya Arabia Saoudite...
Muri Guverinoma nshya Perezida Kagame yashyizeho kuri uyu wa kane hari bamwe mu ba minisitiri batakaje Minisiteri bayoboraga. Aba barimo Gen Kabarebe, Kaboneka, Uwacu Julienne.
Kuri uyu wa...
Abashakanye bo mu Karere ka Nyaruguru batangaza ko filime z’urukozasoni zizwi nka “Pornographie” ziri guteza ibibazo mu ngo zabo bishingiye ku bwumvikane buke ku bijyanye n’uburyo bwo gutera...
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’umwana wiga mu mwaka wa 3 w’amashuli yisumbuye watemesheje umupanga umwe mu bakozi b’ikigo n’umunyeshuli mugenzi we, nyuma yo kunanirwa kwakira ko...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 10 Ukwakira 2018,muri Kenya mu gace ka Kericho habaye impanuka ikomeye ya bisi yari yuzuyemo abagenzi,yarenze umuhanda ihitana abantu barenga 50...
Umunyamakuru Jamal Khashoggi wandikiraga ikinyamakuru The Washington Post cyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika abategetsi ba Turukiya bemejwe ko yishwe.
Rutahizamu Cristiano Ronaldo uri kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera ibyaha ashinjwa n’umugore w’umunyamerika witwa Kathryn Mayorga ko yamufashe ku ngufu mu mwaka wa 2009,yatangiye guteza...
Mu myaka itandatu ishize, Umuhanzi Kizito Mihigo n’Umuyobozi wa Zion Temple ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, banyuranyije indimi ku ijambo ry’Imana bavugiye mu Giterane ‘Rwanda Shima Imana’ gihuza...
Umusore witwa Suge J. Knight usanzwe ari umwana w’icyamamare mu gukora umuziki wa Rap cyitwa Marion Suge Knight cyashinze inzu izwi cyane itunganya imiziki ya Hip Hop Death Row Records,yavuze ko...
Umubyeyi wa Georgina Rodriguez usanzwe ari umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Jorge Rodriguez, ari kuvugwa cyane mu binyamakuru,kubera ko byavumbuwe ko yahoze acuruza ibiyobyabwenge birimo Cocaine...
Umugabo wigenderaga mu muhanda wo mu mujyi wa London mu Bwongereza yahuye n’uruva gusenya ubwo idirishya ryahanutse ku igorofa rya 27 ry’umuturirwa muremure ucumbikamo abantu...
Umwarimu witwa Eleanor Wilson w’imyaka 29 wasambanye n’umunyeshuli we w’imyaka 16 mu bwiherero bwo mu ndege barimo, yamutamaje abwira abannyeshuli bagenzi be ko uyu mwarimu yamubwiye ko agiye...
Mu buhindi haravugwa inkuru ibabaje y’umwana w’umuhungu w’imyaka 8 wishwe n’inzovu, ubwo yari avuye ku ishuli ari kumwe na bagenzi be bakanyura aho iyi nyamaswa yari iri mu ishyamba ryitwa...
Binyuranyije n’ ugushaka kw’ Abarundi bafite gahunda yo gusinyura amasezerano y’ Umuryango w’ Abibumbye ku burenganzira, ku wa Gatanu tariki 28 Nzeli abanyamuryango ba UN ishami riharanira...