Umunya Portugal,Jose Mourinho,utoza ikipe ya Tottenham yongeye kujya mu muvumo wo kwivuga ibigwi nyuma y’aho abonye ko atagihagaze neza mu bijyanye no guhesha amakipe ibikombe nkuko yahoze...
Mu mukino wo kwishyura wa 1/32 cya UEFA Europa League,ikipe ya Arsenal yarokotse hamana ikipe ya Benfica Lisbon yo muri Portugal kuko yayitsinze igitego cy’intsinzi ku munota wa 87 ibifashijwemo...
Ikipe y’igihugu ya Mozambique "MAMBAS" yakoreye imyitozo ya nyuma kuri stade ya kigali i Nyamirambo, yitegura umukino uzaba ku munsi w’ejo saa cyenda mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika...
Umunya Portugal Jose Mourinho wari umaze iminsi ashinjwa gusubira inyuma ndetse ko atazongera kubona ikipe ikomeye,yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 3 mu ikipe ya AS Roma yo mu gihugu...
Amakipe yo mu Bwongereza no muri Espagne yakomeje kuyobora Europa League muri iyi myaka ishize kuko ikipe iheruka gutwara iki gikombe idaturuka muri ibyo bihugu ari FC Porto, yatsindiye Braga ku...
Kizigenza mu ikipe ya Portugal na Juventus,Cristiano Ronaldo yahishuye ko nubwo ku isi hari abakinnyi bakiri bato benshi ariko abona Haaland na Mbappe aribo bari...
Rutahizamu w’Umunya Portugal na Juventus,Cristiano Ronaldo,yaraye yegukanye igikombe cya 34 mu mateka ye ubwo Juventus yatsindaga Atalanta ibitego 2-1 yegukana igikombe cya Coppa Italia 2021 ari...
Myugariro wa Manchester City ukomoka muri Portugal,Ruben Dias niwe watowe nk’umukinnyi w’umwaka muri Premier League n’abanyamakuru bandika [2020/21 Football Writers’ Association Footballer of the...
Myugariro w’ikipe y’igihugu y’Ubudage, Robin Gosens yavuze ko nyuma y’umukino ikipe ye ya Atalanta yakinaga na Juventus,yegereye Cristiano Ronaldo amusaba umupira we undi arawumwima kuko yari...
Rutahizamu wa Juventus, Cristiano Ronaldo,yamaganye ibihuha byavugaga ko agiye gusubira muri Real Madrid nyuma y’amasaha make n’umutoza Carlo Ancelotti avuze ko batazigera bagarura uyu munyabiwgi...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yongeye kuvugwa mu bitangazamakuru ku byerekeye ubusambanyi nyuma y’aho umunyamideli w’Umunya Portugal witwa Natacha Rodriguez yavuze ko yamushotoye...
Nyuma yo kwegukana Euro 2020 mu mpeshyi ishize, Ubutaliyani bwananiwe kujya mu gikombe cy’isi 2022 nyuma yo gutsindwa na North Macedonia igitego 1-0 mu mikino ya kamarampaka yo kwerekeza muri...
Rutahizamu wa Ghana Osman Bukari avuga ko atasuzuguye Cristiano Ronaldo ubwo yiganaga uko iki gihangange cya Portugal cyishimiye igitego cyari kimaze gutsinda mu mukino wahuje Ghana na Portugal,...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Portugal biravugwa ko rishaka guha akazi José Mourinho agasimbura Fernando Santos. Gusa ngo Mourinho azabifatanya no gutoza AS Roma.
Ikipe ya Portugal...
Kizigenza Cristiano Ronaldo yakoze agahigo gashya ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myinshi ikipe y’igihugu mu gihe Harry Kane we yabaye umukinnyi watsindiye ibitego ikipe y’igihugu y’Ubwongereza....
Kizigenza Cristiano Ronaldo rutahizamu na Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Portugal n’ikipe ya Al Nassr muri Arabie Saoudité arasabirwa gukubitwa ibibiko 99 azira gusoma no guhobera...
Ikipe ya AS Roma yo mu Butaliyani yatangaje ko yirukanye umutoza wayo ukomoka muri Portugal José Mourinho n’abari bamwungirije nyuma y’umusaruro mubi w’uyu...
Amarushanwa mu makipe yibihugu burya aba atandukanye n’ayo mu matsinda, bikaba rero ibyo kugawa iyo umukinnyi uri ku rwego mpuzamahanga atabashije kumenyera vuba izi mpinduka. Hasi hari urutonde...
Umunya Portugal utoza ikipe ya Manchester United, José Mário dos Santos Mourinho Félix Mourinho yatangarije ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ko atari umufana w’umukinnyi ku giti cye,...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangarije abanyamakuru ko Cristiano Ronaldo ari kabuhariwe mu kwitwara neza mu mikino ikomeye,anenga umunyezamu we David De Gea kubera amakosa...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo uri mu bihe byiza mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, yaguriye umukunzi we Georgina Rodriguez impeta y’akataboneka ikozwe muri Diamond yamutwaye akayabo...