Abagororwa babiri batorokanye na Cassien Ntamuhanga muri Gereza ya Nyanza(Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira umwe yari afungiye ubuhotozi mugenzi we afungiye gusambanya ku gahato....
Amaze kuraswa akagwa hasi umugororwa Nsengiyumva Jotham wari ufungiye muri gereza ya Mpanga yo mu karere ka Nyanza bamusanganye icyuma.
Ibi ni ibitangazwa n’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa...
Umugabo witwa Batambarije Théogène wari waratorotse gereza ari kumwe na Ntamuhanga Cassien, yatawe muri yombi bigizwemo uruhare n’abaturage ubwo yari mu kabari k’ahitwa mu Miyove mu Karere ka...
Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) rwatangaje ko mu ijoro ryo kuri iki cyumweru taliki ya 8 Mata 2018, umugororwa witwa Mwumvaneza Patrick yatorotse Gereza ya Huye iherereye ku...
Kaminuza yigisha y’ ubukerarugendo n’ amahoteli University of Tourism, Technology and Business Studies UTB kuri uyu 17 Gicurasi 2018 yibutse ku nshuro yayo ya 9 abatutsi bazize Jenoside yakorewe...
Kuri iki cyumweru nibwo umuraperi Tuyishime Joshua wari uzwi nka Jay Polly yashyinguwe nyuma yo gupfira mu bitaro bya Muhima mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’icyumweru gishize.
Urwego rw’Igihugu...
CSP Kayumba Innocent wunganiwe na Me Ngirinshuti Jean Bosco yabwiye urukiko ko kugira ngo amenyane na Amani Olivier byaturutse k’uwahoze ari umuyobozi mukuru w’ungirije w’urwego rw’igihugu rushinzwe...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa amugira Brig. General. Akaba yanamuhaye inshingano zo kuba umuyobozi...
Umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta Obadiah Biraro, kuri uyu wa 3 Gicurasi 2017 yagejeje ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi raporo y’ ubugenzuzi bakoreye mu bigo byose Leta y’ u Rwanda...
Gereza ya Gasabo iherereye mu murenge wa Kimironkomu w’ Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2017. RCS yatangaje...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 25 Ukuboza 2016 ahagana saa cyenda n’iminota 20 nibwo gereza ya Nyarugenge izwi nka 1930 mu mujyi wa Kigali yafashwe n’ inkongi y’ umuriro
Iyi gereza ikimara gufatwa...
Aya ni amagambo ya Haragirimana Emmanuel, umusore uri mu kigero cy’ imyaka 25, ufungiye muri gereza ya Rwamagana. Uyu musore wafunzwe azira icyaha cy’ ubujura akatirwa igifungo cy’ imyaka ine, ubu...
Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Mutarama 2017, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Gereza ya Nyagatare ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 21 Mutarama 2018, yarekuye abanyeshuri 18 bari bayifungiyemo nyuma y’ uko batsinze neza ibizami bya Leta bagahabwa imbabazi na...
Imiryango ibarirwa muri magana iri mu byishimo nyuma y’ uko Leta y’ u Rwanda ihaye imbabazi abagororwa 392 bagaragaje ikinyabumfura muri gereza. Mu barekuwe harimo abanyeshuri 18 batsinze neza...
The government of Rwanda is losing millions in court cases as a result of poor human resource management among civil servants, a new research has indicated.