Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 3 bari ku ipeti rya Brig. General bahabwa ipeti rya Major General.
Abazamuwe ni Brig. Gen. Vincent...
Itsinda ry’inzobere za ONU rivuga ko rifite “ibimenyetso bikomeye” ko ingabo z’u Rwanda zarwanye hamwe n’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa DR Congo zinabaha...
Umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yafatiwe k’ubutaka bw’u Rwanda n’imbunda ye, ku wa Gatandatu,tariki 24 Nzeri 2022.
Amakuru avuga ko yavuze ko yari aje gutashya inkwi zo guteka mu...
Amakuru aturuka mu karere ka Rubavu ku mupaka w’u Rwanda na DRC aravuga ko umusirikare waturutse muri DRC yagerageje kwinjira mu Rwanda agerageza kurasa abasivili n’abashinzwe umutekano ariko...
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), ishinja Ingabo zarwo guhohotera abaturage bayo ndetse no gusahura amabuye y’agaciro ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Kamena 2023, nibwo Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yagize Lt Col Simon Kabera, Umuvugizi wungirije wa RDF .
Ni umuntu usanzwe azwi mu...
Leta y’u Rwanda yasubije kuri raporo y’itsinda ry’inzobere z’umuryango w’abibumbye (ONU) irushinja gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ivuga ko...
Umubiri w’Umusirikare w’u Rwanda uherutse kwicirwa muri Santrafurika, aho yari mu butumwa bwo kugarura amahoro, wagejejwe i Kigali kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga...
U Rwanda rwihanangirije leta ya Congo ikomeje gushakisha urwitwazo rwo kugaba igitero ku Rwanda, ruvuga ko ruzakomeza gukora ibikwiye mu kurinda ubusugire bwarwo.
Ni nyuma y’itangazo ryo kuri...
The Management of Energy Development Corporation Limited (EDCL) would like to inform the public that it is recruiting qualified and experienced staff on the following positions:
1. Job Title:...
Umuvugizi w’Igisirikare cya RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lieutenant Colonel Ndjike Kaiko Guillaume, yatangaje ko ‘drones’ z’u Rwanda ari zo zarashe kuri iki kibuga cy’indege cya...
Amashusho yakwirakwijwe n’abo mu mitwe ya Wazalendo yanengaga ingabo za MONUSCO zarebereye inyeshyamba za M23,ubwo abo barwanyi banyuraga ku cyicaro cyayo batonze umurongo,ntibarase kandi mu minsi...
Kuri uyu wa Kane tariki 13 Nyakanga 2017 Perezida Paul Kagame yasoje itorero ridasanzwe ry’Indangamirwa ryahuje urubyiruko rugera kuri 523. Umukuru w’ igihugu yavuze ko mu rwego rwo kwishakamo...
At 41, the youngest head of government in Africa, he has logged a lot of frequent flyer miles already, visiting countries in the neighbourhood, and at home he’s been all over on a charm offensive....
Umwe mu basirikare b’ u Rwanda bari mu butumwa bw’ amahoro muri Centreafrica yapfiriye mu gikorwa cy’ ubutabazi ingabo z’ u Rwanda zakoreraga abaturage bari bagabweho igitero n’ abarwanyi bitwaje...
1er Sgt Mwanda Panzu (ibumoso) na 1ere classe Tshiswakatiti André
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 ku mupaka w’ u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, u Rwanda...
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika ushinzwe ibya Gisirikare n’Umutekano, Gen. James Kabarebe, yatangaje ko hari ikibazo kitabonerwa igisubizo ku bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi...