Mu mpera z’iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n’abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2:...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rusizi na Nyabihu ifatanyije n’abaturage bakoze umukwabu hafatwa inzoga zitemewe n’amategeko zizwi ku izina...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 20 bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza ya Coronavirus, bakajya gushaka serivisi za sauna na massage muri Hotel Lebanon iherereye i Nyabisindu mu murenge wa...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera yafashe abantu 13 bari mu rugo rwa Ndayiragije Prosper ubwo yari...
Umushoferi witwa Karemera Abraham watwaraga imodoka y’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (TI-RW) by’umwihariko akaba ari na we watwaraga Umuyobozi w’uyu muryango, Ingabire Marie...
Umunyarwanda witwa Karemera Damascène w’imyaka 25 ukomoka mu Murenge wa Busoro, AKarere ka Nyanza, mu Ntara y’Amajyepfo, yatemwe ukuboko no mu mutwe n’umunya-Uganda, yakoreraga mu buhinzi...
Mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki ya 16 Ugushyingo, ku cyicaro cya Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera ahazwi nko kuri Metropolitan, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru itsinda...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nyakanga ku kicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Remera Polisi yeretse itangazamakuru uwakoreshaga uruhushya yahawe na Polisi...
The Mirror Hotel iherereye i Remera ndetse na Portofino Hotel iri i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda ba nyirazo babereyemo...
Umuyobozi w’Ikipe ya Toronto Raptors n’Umuryango Giants of Africa, Masai Ujiri, yateguje ko ubwo inyubako ze “Zaria Court” zizaba zuzuye i Remera mu 2025, hazatangizwa irushanwa ry’umupira w’amaguru...
Umukinnyi wa Rayon Sports Manishimwe Djabel yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we Niyitunganye Kawthar kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Mutarama 2019 mu Murenge wa...
Umuririmbyikazi Nyarwanda Marina Debol arwariye mu bitaro I Remera kuva ku munsi w’ejo kubera indwara y’igifu ndetse yagize n’ikibazo cy’amaraso ye yaranduye ‘blood...
Impano ni kimwe mu bintu bikundwa n’abatari bake kandi ngo impano izamuka mu gihe ishatse , umuhanzi uzamutse vuba muri muzika Nyarwanda Nsengiyumva Francois wamamaye ku kazina ka Igisupusupu...
Umugabo bivugwa ko ari umwarimu mu mashuli abanza I Remera mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali,yakomerekejwe n’indaya yamukubise umwuko mu mutwe aravirirana, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri...
Umuhanzi Ngabo Medard uzwi nka Meddy,yatawe muri yombi na polisi y’u Rwanda mu gicuku cyo kuri iki cyumweru azira gutwara imodoka yasinze aho kugeza ubu afungiye kuri station ya Remera mu mujyi wa...
Ibi Polisi y’u Rwanda ibivuze nyuma y’aho mu karere ka Gasabo mu mirenge ya Gatsata na Remera hafatiwe abagabo babiri bafite amafaranga atandukanye y’amiganano.
Umunyamakuru Umuhire Valentin uheruka kwitaba Imana, abo mu muryango we,inshuti n’abavandimwe bamusezeye bwa nyuma, misa yo kumuherekeza irabera kuri Kiliziya ya Regina Pacis i Remera, naho...
Mu mukino wa kabiri wa Gicuti mu yahuzaga ikipe y’igihugu Amavubi n’iya Centrafrique warangiye abasore b’u Rwanda banyagiye abashyitsi ibitego 5-0 kuri stade Amahoro I...
Umukinnyi wa Film ufite izina rikomeye mu Rwanda uzwi nka Kanyombya, ari mu bantu 10 bafatiwe mu rugo rw’umuturage wo mu Kagari ka Rurenge mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gatsibo bari gukina...
Irushanwa ry’amagare ryahuje abana b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 12 na 16 kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari,...