Umuhanzikazi Abayizera Marie Grace uzwi nka Young Grace wamamaye mu muziki Nyarwanda mu njyana ya Hip-Hop yongeye kugaragaza ko yishimiye cyane umwana we w’umukobwa yise Amata Diamante, aheruka...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC buratangaza ko butigeze bwimana myugariro wayo Mutsinzi Ange Jimmy ari muzima nk’uko umutoza w’ikipe y’igihugu yabitangaje, ahubwo ngo uyu mukinnyi...
Imodoka yari ivuye ahitwa Gisiza ifite umuvuduko ukabije yakoze impanuka ikomeye igeze mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro abantu babiri bacika amaboko abandi barakomereke nyuma yo kwikuba...
Umunyarwanda witwa James Uwimpuhwe wigaga mu mwaka wa kabiri muri Social Sciences,yapfiriye muri pisine ya kaminuza yigagamo ya Makerere University ku cyumweru taliki ya 13 Ukwakira 2019 bituma...
Ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Ikipe ya Musanze FC yatunguye Rayon Sports mu mukino wa gicuti bakinnye kuri iki cyumweru iyitsinda igitego 1-0 mu gihe APR FC yo yeretse Gasogi United ko ikiri intsina ngufi ubwo yayinyagiraga...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase,yavuze ko kuba abayobozi batandukanye bari kwegura ku bwinshi nta gikuba cyacitse kuko biterwa n’imikorere mibi yabaranze ntibagere kubyo...
Umuhanzikazi Young Grace wamamaye cyane mu njyana ya Hip Hop mu muziki Nyarwanda,mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu yibarutse imfura ye y’umukobwa yamaze guha izina rya Diamante...
Umuraperikazi Abayizera Grace wamenyekanye nka Young Grace yibarutse imfura ye y’umukobwa,Diamante,mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama...
Abaturage bo mu Kagari ka Bugoyi mu Murenge wa Gisenyi babangamiye icyemezo cy’umuhesha w’inkiko witwa Nyirashyirambere Emerance cyo gusenyera umuryango wa...
Mu karere ka Nyamasheke habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Taxi Hiace aho bivugwa ko yakomerekeyemo abantu 18 barimo 5 bamerewe abi...
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys yagarutse mu Rwanda n’umukunzi we aho bavuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa...
Umunyamakuru Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio10,yagiye gusoreza ukwezi kwa buki mu mujyi wa Dubai we n’umufasha we...
Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Benediction Excel Energy baraye bakomerekeye mu Gace ka Kabiri ka Tour de la RDC ubwo bari mu gikundi kinini bahanganira...
(CDC) Ikigo gishinzwe kugenzura no gukumira indwara cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika , cyatangaje ko cyohereje abaganga 12 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu butumwa bwo...
Kuri uyu wa 2 Kanama 2019 mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyatangiye tariki 29 Nyakanga 2019. Ibi birori byabereye mu karere ka Nyanza ku rwego...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya...
Umunyarwanda Tuyisenge Jacques wamaze kwerekeza muri Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yashimiye ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya yakiniraga kuva muri...
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2019 ni bwo Humble Jizzo n’umuryango we berekeje muri Amerika aho bagiye kurangiza ubukwe aho bazasezeranira imbere y’amategeko bakaniyakirana n’imiryango yo ku...
Umuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda,RIB, Col Jeannot Ruhunga yatangaje ko umunyamakuru wa Radio na TV 1, Constantin Tuyishimire waburiwe irengero kuva kuwa 16...
Ikipe ya Emirates Club yo muri yo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu [UAE] yamaze gutangaza ko yasinyishije rutahizamu Hakizimana Muhadjiri amasezerano y’imyaka 3 nyuma yo kwishyura APR FC miliyoni...
Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda bari batewe n’uko ubuyobozi bwa CECAFA bwari bwazamuye itike yo kwinjira ku mikino ikipe yabo yakinnye,bituma ifata umwanzuro wo...
Abasore 3 bafashwe bari mu kigo cy’amashuli cya Groupe Scolaire Maya giherereye mu Murenge wa Gahunga, mu Karere ka Burera bari kugerageza kwiba imashini zo mu bwoko bwa Positivo zagenewe...
Makanyaga Abdoul ni umwe mu bakuze muri muzika y’u Rwanda uyu musaza uri mu nararibonye rya muzika y’ u Rwanda dore ko yatangiye muzika mu myaka yi 1970.