skol
Kigali

Search: Rubavu (1465)

Myugariro Usengimana Faustin yasabye anakwa inkumi bamaze imyaka 10 bakundana[AMAFOTO]

Myugariro Usengimana Faustin ukinira Buldcon FC yo muri Zambia, yaraye asabye anakwa umukunzi we Bayingana Daniella bamaze imyaka 10 bakundana.
12 November 2019 7442 0

Young Grace yashyize hanze ifoto y’umwana yabyaranye na Pique avuga n’ishema aterwa no kuba yaramubyaye none akaba yujuje amezi...

Umuhanzikazi Abayizera Marie Grace uzwi nka Young Grace wamamaye mu muziki Nyarwanda mu njyana ya Hip-Hop yongeye kugaragaza ko yishimiye cyane umwana we w’umukobwa yise Amata Diamante, aheruka...
25 October 2019 4312 0

Ibyo Mashami Vincent utoza Amavubi aherutse gutangaza kuri Mutsinzi Ange ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC...

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC buratangaza ko butigeze bwimana myugariro wayo Mutsinzi Ange Jimmy ari muzima nk’uko umutoza w’ikipe y’igihugu yabitangaje, ahubwo ngo uyu mukinnyi...
16 October 2019 3019 0

Haruna Niyonzima yishimiye bikomeye no kongera kubonana na Abdallah afata nka Papa we

Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, yishimiye kongera kubonana na Abdallah Kleb afata nk’uwatumye Abanya-Tanzania bose bamufata nk’umwami wa...
15 October 2019 3639 0

Rutsiro:Imodoka yakoze impanuka bamwe bacika amaboko

Imodoka yari ivuye ahitwa Gisiza ifite umuvuduko ukabije yakoze impanuka ikomeye igeze mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro abantu babiri bacika amaboko abandi barakomereke nyuma yo kwikuba...
15 October 2019 6184 0

Uganda: Umunyarwanda wigaga muri Makerere University yarohamye muri Pisine arapfa

Umunyarwanda witwa James Uwimpuhwe wigaga mu mwaka wa kabiri muri Social Sciences,yapfiriye muri pisine ya kaminuza yigagamo ya Makerere University ku cyumweru taliki ya 13 Ukwakira 2019 bituma...
15 October 2019 2249 0

Reba Ibyemezo by’Inama idasanzwe y’abaminisitiri yo ku wa 10 Ukwakira 2019

Ku wa Kane, tariki ya 10 Ukwakira 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
11 October 2019 6633 0

Uturere tumwe two mu Rwanda dushobora guhura n’imyuzure ndetse n’inkangu zikomeye

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe cyasohoye itangazo riburira abantu ko guhera kuri uyu wa Gatanu mu bice bimwe na bimwe by’igihugu hagiye kugwa imvura ikaze cyane ishobora kuzatuma hirya no...
10 October 2019 2726 0

Wenda muzacike akaguru ariko Rayon Sports ntizadutsinde-Perezida wa Kiyovu Sports

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwasabye abakinnyi babwo gukora ibishoboka byose bakazatsinda ikipe ya Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino ngo kugeza nubwo byaba bisaba ko bacika...
3 October 2019 3598 0

Abantu 25 bakekwaho gukorana n’imitwe ya RNC na FDLR bagejejwe imbere y’urukiko

Abantu 25 biganjemo urubyiruko, baregwa gukorana n’imitwe y’iterabwoba igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda,irimo FDLR,RNC,bagejejwe imbere y’Urukiko rwa gisirikare ruri i Nyamirambo mu Mujyi wa...
2 October 2019 1998 0

Musanze yatunguye Rayon Sports mu mukino wa Gicuti mu gihe APR FC yanyagiye Gasogi United

Ikipe ya Musanze FC yatunguye Rayon Sports mu mukino wa gicuti bakinnye kuri iki cyumweru iyitsinda igitego 1-0 mu gihe APR FC yo yeretse Gasogi United ko ikiri intsina ngufi ubwo yayinyagiraga...
8 September 2019 6770 0

Minisitiri Shyaka yavuze ko nta gikuba cyacitse kuba abayobozi b’uturere bari kwegura ubutitsa

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase,yavuze ko kuba abayobozi batandukanye bari kwegura ku bwinshi nta gikuba cyacitse kuko biterwa n’imikorere mibi yabaranze ntibagere kubyo...
4 September 2019 1382 0

Young Grace yahaye isezerano rikomeye imfura ye yibarutse

Umuhanzikazi Young Grace wamamaye cyane mu njyana ya Hip Hop mu muziki Nyarwanda,mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu yibarutse imfura ye y’umukobwa yamaze guha izina rya Diamante...
25 August 2019 3022 0

Umuraperikazi Young Grace yibarutse imfura ye

Umuraperikazi Abayizera Grace wamenyekanye nka Young Grace yibarutse imfura ye y’umukobwa,Diamante,mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama...
24 August 2019 2755 0

GISENYI:Abaturage babangamiye icyemezo cy’umuhesha w’inkiko cyo gusenyera umuryango wa Ngingo

Abaturage bo mu Kagari ka Bugoyi mu Murenge wa Gisenyi babangamiye icyemezo cy’umuhesha w’inkiko witwa Nyirashyirambere Emerance cyo gusenyera umuryango wa...
23 August 2019 3210 0

Nyamasheke: Imodoka itwara abagenzi yarenze umuhanda benshi barakomereka bikomeye

Mu karere ka Nyamasheke habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Taxi Hiace aho bivugwa ko yakomerekeyemo abantu 18 barimo 5 bamerewe abi...
18 August 2019 4083 0

Humble Jizzo yeseraniye imbere y’amategeko n’umukunzi we muri Amerika[AMAFOTO]

Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys yagarutse mu Rwanda n’umukunzi we aho bavuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa...
13 August 2019 2253 0

Umunyamakuru Gicumbi n’umufasha we bagiye kurira ukwezi kwa buki I Dubai [AMAFOTO]

Umunyamakuru Hagenimana Benjamin uzwi nka Gicumbi ukundwa na benshi mu kogeza imipira yo ku mugabane w’I Burayi kuri Radio10,yagiye gusoreza ukwezi kwa buki mu mujyi wa Dubai we n’umufasha we...
7 August 2019 7455 0

Abakinnyi ba Benediction Excel Energy bakomerekeye mu isiganwa ryo muri RDC

Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Benediction Excel Energy baraye bakomerekeye mu Gace ka Kabiri ka Tour de la RDC ubwo bari mu gikundi kinini bahanganira...
5 August 2019 1109 0

Amerika yohereje abaganga ku mupaka uhuza u Rwanda na Congo mu butumwa bwo kurwanya Ebola

(CDC) Ikigo gishinzwe kugenzura no gukumira indwara cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika , cyatangaje ko cyohereje abaganga 12 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu butumwa bwo...
3 August 2019 2371 0

#Umuganura2019:Uturere 4 twagaragaje umusaruro mwiza kurusha utundi twahebwe[AMAFOTO]

Kuri uyu wa 2 Kanama 2019 mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyatangiye tariki 29 Nyakanga 2019. Ibi birori byabereye mu karere ka Nyanza ku rwego...
2 August 2019 3509 0

Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya...
2 August 2019 754 0

Tuyisenge Jacques wamaze kwerekeza mu ikipe yo muri Angola yashimiye byimazeyo Gor Mahia yamugize...

Umunyarwanda Tuyisenge Jacques wamaze kwerekeza muri Petro Atletico de Luanda yo muri Angola, yashimiye ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya yakiniraga kuva muri...
29 July 2019 2626 0

Humble Jizzo n’abo mu muryango we bagiye muri Amerika gukorerayo ubundi bukwe

Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nyakanga 2019 ni bwo Humble Jizzo n’umuryango we berekeje muri Amerika aho bagiye kurangiza ubukwe aho bazasezeranira imbere y’amategeko bakaniyakirana n’imiryango yo ku...
23 July 2019 3607 0

RIB yatangaje ko wa munyamakuru wa Radio na TV 1 waburiwe irengero ashobora kuba yaragiye muri Uganda

Umuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda,RIB, Col Jeannot Ruhunga yatangaje ko umunyamakuru wa Radio na TV 1, Constantin Tuyishimire waburiwe irengero kuva kuwa 16...
23 July 2019 12990 0

Akayabo APR FC yahawe kuri Hakizimana Muhadjiri kamenyekanye

Ikipe ya Emirates Club yo muri yo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu [UAE] yamaze gutangaza ko yasinyishije rutahizamu Hakizimana Muhadjiri amasezerano y’imyaka 3 nyuma yo kwishyura APR FC miliyoni...
18 July 2019 10005 0

Pique umusore wateye inda Young Grace yahamije ko yatandukanye nawe anavuga uburyo atari we mukobwa wa mbere...

Rwabuhihi Hubert uzwi nka Pique wari umaze iminsi akundana n’umuraperikazi Young Grace ndetse bikaza no kumenyekana ko yanamuteye inda, yashimangiye ko bamaze gutandukana ndetse anatangaza ko...
17 July 2019 6656 0

CECAFA yumvise agahinda k’abafana ba Rayon Sports ifata umwanzuro ukomeye ku biciro byo kwinjira ku ma...

Abafana ba Rayon Sports bagaragaje agahinda bari batewe n’uko ubuyobozi bwa CECAFA bwari bwazamuye itike yo kwinjira ku mikino ikipe yabo yakinnye,bituma ifata umwanzuro wo...
9 July 2019 5877 0

Abasore 3 bafashwe bari gushaka kwiba imashini za Positivo mu kigo cya Groupe Scolaire Maya

Abasore 3 bafashwe bari mu kigo cy’amashuli cya Groupe Scolaire Maya giherereye mu Murenge wa Gahunga, mu Karere ka Burera bari kugerageza kwiba imashini zo mu bwoko bwa Positivo zagenewe...
8 July 2019 3118 0

Umuhanzi Makanyaga Abdul yanze gukorera ikiganiro ku cyapa cyamamaza inzoga asobanura n’impamvu ikomeye...

Makanyaga Abdoul ni umwe mu bakuze muri muzika y’u Rwanda uyu musaza uri mu nararibonye rya muzika y’ u Rwanda dore ko yatangiye muzika mu myaka yi 1970.
2 July 2019 2707 0
0 | ... | 1050 | 1080 | 1110 | 1140 | 1170 | 1200 | 1230 | 1260 | 1290 | ... | 1440